Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ministiri w’Intebe yasuye aharimo kubakwa urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo II
21/11/2025 - 17:06
Airtel Rwanda unveils new offers and upcoming activities with Israel Mbonyi
20/11/2025 - 23:20
OIF-Kigali: Le Conseil des Ministres plaide pour la participation des femmes en leadership
19/11/2025 - 14:24Iziheruka
Memorial Rutsindura 2017: RRA y’abakobwa yegukanye igikombe itsinze APR
3/07/2017 - 21:35
No Comment
30/06/2017 - 15:03
Madame Jeannette Kagame yatashye amacumbi yubakiwe abagizwe incike na Jenoside (Video)
29/06/2017 - 21:23
Amashanyarazi ntakiri igitangaza mu Ntara y’Iburasirazuba (video)
28/06/2017 - 12:54
Menya byinshi ku bworozi bw’amagweja avamo ubudodo
27/06/2017 - 11:19
Abakinnyi ba filme bamenyekanye muri "Baby Police" batemberejwe Kigali
25/06/2017 - 22:40
Perezida Kagame yateye ibiti mu gishanga cya Nyandungu kigiye kugirwa ubusitani
25/06/2017 - 09:59
Komisiyo y’Amatora yakiriye kandidatire ya Paul Kagame uhagarariye FPR-Inkotanyi
22/06/2017 - 21:30
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.