Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Rwanda Mountain Gorilla Rally: Sandrine na Davite babaye aba mbere mu bakinnyi bo mu Rwanda
7/07/2025 - 14:56
We spoke to the winner of 2025 Rwanda Mountain Gorilla Rally, Vohra and his co-driver Drew Sturrock
7/07/2025 - 15:36
#LiberationCup: Irebere ibiro bivuza ubuhuha mu mukino wa nyuma Police VC yatsinzemo APR VC
7/07/2025 - 10:07Iziheruka

Ibyishimo bidasanzwe ku bitabiriye Rwanda Day mu Bubiligi
10/06/2017 - 21:18
Abanyarwanda baba mu Bubiligi bakiranye Perezida Kagame ibyishimo bidasanzwe
9/06/2017 - 14:44
Zimwe mu mbogamizi Depite Bamporiki yahuye nazo yandika igitabo "Mitingi Jenosideri"
8/06/2017 - 17:59
No Comment!
8/06/2017 - 15:38
U Rwanda rwifatanije n’amahanga mu kwizihiza umunsi w’ibidukikije
7/06/2017 - 15:39
Abashakashatsi mu by’amateka bagize icyo bavuga ku gitabo "Mitingi Jenosideri"
5/06/2017 - 08:33
No Comment!
2/06/2017 - 15:35
No Comment!
2/06/2017 - 11:16
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.