Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Minisitiri Biruta yasobanuye uko u Rwanda rubanye n’ibihugu byo mu Karere
9/01/2020 - 10:40
Dore ukuntu Chorale de Kigali yirukana Sekibi mu ndirimbo
9/01/2020 - 10:23
Super Manager: Nasimbutse ku ibere rya Bigogwe, umugabo ntanga ni Mike Karangwa
9/01/2020 - 10:07
Uyu mwana ntasanzwe! Agendera ku mugozi mu kirere!
8/01/2020 - 13:04
Gen James Kabarebe yavuze igitambo RDF yatanze igatsinda urugamba rw’abacengezi
6/01/2020 - 11:39
Uburyo Gasore Serge yavumbuyemo ko afite impano yo kwiruka buratangaje
6/01/2020 - 11:25
Impamvu nyamukuru yatumye ababiciye bigacika muri ruhago nyarwanda barahindutse abakene
6/01/2020 - 11:13
Uko byari byifashe kwa Gitwaza no kwa Masasu mu ijoro ryo kwinjira mu mwaka wa 2020
1/01/2020 - 19:18
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.