Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Nyamirambo: Agace ka ’Mera Neza’ kongerewe ubwiza kubera Umuganda
25/01/2020 - 23:11
Za mpunzi zavuye muri Libya ziragiye! Norvège yemeye gutwara 450
22/01/2020 - 20:10
Miss Rwanda 2020: Reba numero z’abakobwa 54 bari mu irushanwa umenye n’uburyo watangira kubatora
22/01/2020 - 19:56
BARICUZA: Ubuhamya bw’Abanyarwanda bavuye mu mashyamba ya Congo
22/01/2020 - 14:24
Niba wiga muri kaminuza y’u Rwanda, iyumvire ibitinza buruse uhabwa, ubyirinde
21/01/2020 - 17:45
Abanyakenya batangajwe n’isengesho ryo gusabira igihugu (National Prayer Breakfast)
20/01/2020 - 23:53
Nsengimana wari umuvugizi wa FLN yeretswe itangazamakuru
17/01/2020 - 18:25
Mwimakaze umuco wo gushima – Jeannette Kagame
15/01/2020 - 13:29
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.