Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ministiri w’Intebe yasuye aharimo kubakwa urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo II
21/11/2025 - 17:06
Airtel Rwanda unveils new offers and upcoming activities with Israel Mbonyi
20/11/2025 - 23:20
OIF-Kigali: Le Conseil des Ministres plaide pour la participation des femmes en leadership
19/11/2025 - 14:24Iziheruka
Amaranye virusi itera SIDA imyaka 20! Yatanze ubuhamya mu nama ya ICASA
5/12/2019 - 14:46
Urukerereza n’abana bo ku Nyundo baryohereje abitabiriye ICASA
3/12/2019 - 11:27
Perezida Kagame na Madame bitabiriye Umuganda usoza ukwezi kwa 11
1/12/2019 - 23:49
Byakunuka ufana Rayon ati: "Kiyovu ni ikiraro twambukiraho"
29/11/2019 - 19:35
Iyumvire uburyo Rayon Sports yakinanye imyenda yaguriwe n’ikipe bahanganye
29/11/2019 - 19:21
Ihere ijisho Ibitaro bishya by’Akarere ka Nyarugenge biri hafi kuzura
28/11/2019 - 22:49
Young Grace yamaze ku bise amasaha atanu mbere yo kwibaruka Diamante
28/11/2019 - 22:39
Bafite ubuhanga buhambaye mu gucuranga umuduri kandi birabatunze
28/11/2019 - 22:31
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.