Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Nzabonimpa ngo bamujyanye mu gitero cya Kinigi bamushoreye nk’intama
20/02/2020 - 10:01
NTIYICUZA: Kabayija uri mu bagabye igitero mu Kinigi kigahitana 14
19/02/2020 - 19:02
Andi makuru utamenye ku iyegura rya Evode, Munyakazi na Gashumba
17/02/2020 - 12:00
Abayobozi basuzumwe Coronavirus mbere yo kwerekeza i Gabiro mu Mwiherero
15/02/2020 - 22:00
Imyanzuro itandatu yafatiwe mu biganiro byahuje u Rwanda na Uganda
15/02/2020 - 21:38
Intumwa z’u Rwanda na Uganda zongeye guhurira i Kigali
15/02/2020 - 21:11
KNC yitandukanyije n’Ikipe ya Mukura yahoze afana, anavuga uburyo Gasogi izayifata ku gakanu
13/02/2020 - 19:40
Reba uko Kata na Kumite zikinwa mu mukino wa Karate
12/02/2020 - 16:33
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.