Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ministiri w’Intebe yasuye aharimo kubakwa urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo II
21/11/2025 - 17:06
Airtel Rwanda unveils new offers and upcoming activities with Israel Mbonyi
20/11/2025 - 23:20
OIF-Kigali: Le Conseil des Ministres plaide pour la participation des femmes en leadership
19/11/2025 - 14:24Iziheruka
Ingendo zigana mu Ntara zigiye gusubukurwa. Dore aho Imyiteguro igeze
31/05/2020 - 18:32
Abasirikare baregwa gufata abagore ku ngufu, bamwe bafunzwe by’agateganyo abandi bararekurwa
31/05/2020 - 14:32
Bwa mbere Coronavirus igiye gupimirwa mu Ntara
28/05/2020 - 18:43
Umurage Prof. Laurent Nkusi yasigiye abana be
25/05/2020 - 17:53
Bitana J. Remy: Rayons Sports yamuguze 200,000Frw, bimucira inzira igana mu Mavubi
21/05/2020 - 23:59
Muzika itunga umuntu akabaho neza cyane, Mighty Popo yatanze ingero
20/05/2020 - 15:23
Menya izindi Nterahamwe zihishe mu Bufaransa zikwiye gufatwa nyuma ya Kabuga
20/05/2020 - 14:51
Polisi yafashe abantu 9 babyiganiraga mu modoka ya Pick Up barenze no ku mabwiriza yo gutaha kare
14/05/2020 - 18:03
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.