Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41
Ntabwo nigeze nimana ubutaka bwo kwaguriraho ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe - Rwagashayija yisobanuye
2/05/2025 - 07:29
Perezida yadutumye ngo tworohereze abamotari - IGP Namuhoranye, Umukuru wa Polisi
30/04/2025 - 20:32Iziheruka

President Kagame opens the African Philanthropy Forum 2022
24/10/2022 - 21:33
How President Kagame was surprised on his birthday
24/10/2022 - 21:25
Muve mu nshingano aho kuzikora nabi - Perezida Kagame abwira abayobozi
23/10/2022 - 17:34
Perezida Kagame yongeye gukebura abayobozi
22/10/2022 - 15:07
Umwitozo wo guhangana na Ebola mu gihe yaba igeze mu Rwanda
20/10/2022 - 13:02
Ab’i Kigali bishimiye gukorana siporo na Perezida Kagame
16/10/2022 - 19:36
Indirimbo ‘Inana’ ya Chriss Eazy yarishimiwe cyane muri #YouthConnekt2022
16/10/2022 - 18:51
Reba ibyo umuhanzi Jay Prayzah n’ababyinnyi be bakoreye i Kigali
16/10/2022 - 18:39
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo