Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

NCBA Junior Golf Tournament 2025 Highlight
24/08/2025 - 00:40
Goma: Conférence de presse de l’AFC-M23 sur la situation des droits de l’homme
22/08/2025 - 23:11
NIDA yatangije ibikorwa biganisha ku gutanga Indangamuntu Koranabuhanga
8/08/2025 - 08:55Iziheruka

Ijambo rya Perezida Kagame risoza #Umushyikirano2023
2/03/2023 - 19:20
Ikiganiro cya Dr Sabin mu Mushyikirano cyatumye benshi bitekerezaho
2/03/2023 - 19:05
Imihigo 2021/22: Nyagatare ku mwanya wa mbere, Burera ku mwanya wa nyuma
2/03/2023 - 18:27
Abaturarwanda kuri ubu barenze miliyoni 13 (Ibyavuye mu ibarura rusange)
2/03/2023 - 17:44
Minisitiri w’Intebe yagaragaje uko u Rwanda rwiyubatse mu bukungu nyuma ya COVID-19
2/03/2023 - 16:23
Perezida Kagame yihanangirije abashaka gukira vuba binyuze mu bujura
2/03/2023 - 16:03
Ihere ijisho ubuhanga bwo guhangana n’umwanzi bw’abapolisi bashya mu mwuga
26/02/2023 - 22:02
Uganda’s trio band B2C reveal their admiration for Rwandan music
23/02/2023 - 17:10
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo