Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
Abazagura itike y’Igitaramo ‘The Nu Year Groove’ bakoresheje ikarita za BK bazagabanyirizwa
15/12/2025 - 21:04
KT signed MoU with Rwanda Premier League as official media Partner for next two seasons
13/12/2025 - 12:24Iziheruka
Kurikira ijambo rya Madamu Jeannette Kagame mu nama ya Women Deliver
19/07/2023 - 09:32
Ihere ijisho ibirori byo gutangiza inama ya Women Deliver
19/07/2023 - 08:55
Irebere uko ibiro bivuza ubuhuha mu irushanwa ryo #Kwibohora29
10/07/2023 - 21:34
Reba uko gutaha Umudugudu wa Muhira byari byifashe
4/07/2023 - 19:49
#Kwibohora29: Dore uko Abajepe bishimira intsinzi nyuma yo kwegukana igikombe
4/07/2023 - 15:13
Kurikira umuhango wose wo gushyingura Pasiteri Théogène Niyonshuti
29/06/2023 - 22:22
Reba uko Pasiteri Théogène Niyonshuti yaherekejwe bagiye kumusezeraho mu rusengero
29/06/2023 - 20:02
Irebere akarasisi gashimishije mu gusoza Ushirikiano Imara
26/06/2023 - 20:19
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo