Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Goma: Conférence de presse de l’AFC-M23 sur la situation des droits de l’homme
22/08/2025 - 23:11
NCBA Junior Golf Tournament 2025 Highlight
24/08/2025 - 00:40
NIDA yatangije ibikorwa biganisha ku gutanga Indangamuntu Koranabuhanga
8/08/2025 - 08:55Iziheruka

Rwanda receives BioNTech first modular vaccine factory
13/03/2023 - 20:55
Bateye ibiti bisaga 3,000 mu kwizihiza umunsi wa Commonwealth
13/03/2023 - 13:00
Inside the launch of the African Forensic Science Academy in Rwanda
9/03/2023 - 21:40
Pastor Antoine Rutayisire: Uko yabaye mwarimu, yasoza Master’s agasubira kwigisha
6/03/2023 - 00:04
Abo GAERG yafashije komora ibikomere bya Jenoside barashima
5/03/2023 - 23:43
#ASFM2023: Inzobere ku bumenyi n’ibimenyetso bya gihanga zigiye guteranira mu Rwanda
5/03/2023 - 23:08
If you don’t want war, you prepare for it – Kagame on deployment of troops along DR Congo border
2/03/2023 - 21:08
Ryama usinzire - Perezida Kagame asubiza uwamubajije ku ntambara y’u Rwanda na DRC
2/03/2023 - 20:58
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo