Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Amavubi yiteguye neza umukino wa Gabon
20/01/2016 - 12:12
Abanyamuryango ba AVEGA AGAHOZO bongerewe ubumenyi
20/01/2016 - 12:08
Umunyarwenya Salvado yatanze ikosora mu gitaramo yakoze ari umwe gusa!
19/01/2016 - 09:29
Hatoranyijwe abandi banyeshuri baziga muri Nyundo School of Music
19/01/2016 - 09:17
No Comment...!!
14/01/2016 - 16:07
Kunshuro yambere mu Rwanda hatowe Miss & Mister Elegance
13/01/2016 - 12:04
Uburyo insengero zo mu Rwanda zizihije isozwa ry’umwaka wa 2015
11/01/2016 - 14:15
Abanyeshuri biga umuziki bo ku Nyundo berekanye impano bafite mukuririmba
6/01/2016 - 14:51
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo