Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
Tujyane ku Mulindi w’Intwari aho amakipe ya APR yavukiye, ikiganiro kuri APR Basketball
10/07/2025 - 09:12
HOTPOINT Rwanda unveils New and Bigger Retail Showroom In Kigali - Kicukiro
9/07/2025 - 17:24Iziheruka

Umunyabugeni Epa Binamungu yamuritse ibihangano byihariye!
22/11/2013 - 10:49
GISENYI: Abafite ubumuga bihangiye umurimo wo kwambutsa ibicuruzwa ku mupaka
15/11/2013 - 17:17
Uruganda rwa Bralirwa rwamuritse ibigega bishya bibika ibinyobwa
13/11/2013 - 09:14
U Rwanda rwamuritse ubukerarugendo bw’inzoka n’ibindi bikururanda!
5/11/2013 - 08:55
Mutesi Aurore azasimburwa na Nyampinga mugenzi we uzatorwa muri 2014!
31/10/2013 - 08:49
INTERVIEW: Sonia Rolland wabaye Miss France 2000, yakoze film documentaire ku Rwanda
25/10/2013 - 17:33
Ruswa: Ikibazo gikomereye abashoferi b’abanyarwanda batwara amakamyo manini!
18/10/2013 - 09:42
Uburyo bushya bwo gutwara abagenzi mu mujyi wa Kigali
4/10/2013 - 10:40
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo