Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
Tujyane ku Mulindi w’Intwari aho amakipe ya APR yavukiye, ikiganiro kuri APR Basketball
10/07/2025 - 09:12
HOTPOINT Rwanda unveils New and Bigger Retail Showroom In Kigali - Kicukiro
9/07/2025 - 17:24Iziheruka

Uburyo igikorwa cyo gutora Miss Rwanda 2014 mu Ntara y’Amajyepfo cyagenze
28/01/2014 - 10:30
Byari bishyushye mu gutora ’Miss Rwanda 2014’ mu Burengerazuba
22/01/2014 - 16:44
"Urumuri rutazima" rukomeje kuzenguruka Uturere dutandukanye tw’ u Rwanda
17/01/2014 - 18:54
Udushya twagaragaye muri ’Miss Rwanda 2014’ Intara y’amajyaruguru!!
15/01/2014 - 09:55
Rwamukwaya: Amaze imyaka 30 ari kuri Camera
6/01/2014 - 17:47
Urban Boys mu gitaramo cyo kumurika album yabo bise "Kelele"
17/12/2013 - 11:40
Ubukwe bw’umuhanzi Tom Close na Tricia
5/12/2013 - 09:19
Abafite ubumuga berekanye ubuhanga mu kumurika imideri!
3/12/2013 - 10:42
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo