Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Ishusho rusange y’ Uburezi mu Rwanda
16/06/2025 - 11:45
#EdtechMonday: Twifatanye n’impunzi mu Ikoranabuhanga mu Burezi/MAHAMA CAMP
17/06/2025 - 08:12
#UBYUMVA UTE: Uburenganzira bw’ Umwarimu ku Mushahara We
10/06/2025 - 13:40Iziheruka

Ibyiza ntibyari kugerwaho atari Politiki nziza ya RPF Inkotanyi - Perezida wa PSD
25/06/2024 - 06:51
Muziranenge arashima FPR yamukuye ku gutungwa n’inkashi no kurara ku mashara
25/06/2024 - 06:44
Irebere morale y’Urubyiruko rwa RPF Inkotanyi rwakira umukandida Paul Kagame i Rubavu
24/06/2024 - 11:12
Paul Kagame: FPR yatugabiye inka, uwakugabiye uramwitura
24/06/2024 - 10:46
Musafiri Ildephonse: Ntawatera u Rwanda ngo agere i Kigali aciye i Bugeshi kuko duhora turi maso
24/06/2024 - 10:04
Kagame Paul: Nta cyiza nko kuba Umunyarwanda, by’akarusho nko kubabera umuyobozi
23/06/2024 - 04:36
Morale y’Urubyiruko rwa RPF Inkotanyi rwakira umukandida Paul Kagame i Musanze
23/06/2024 - 04:31
Ab’i Musanze bari babukereye mu kwakira umukandida wa FPR Inkotanyi
23/06/2024 - 04:22
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo