Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Tujyane mu kiyaga cya Kivu ahororerwa amafi atanga umusaruro w’ibiro 700 ku munsi
23/05/2025 - 17:46
President Kagame Receives Letters of Credence from 11 New Envoys
22/05/2025 - 14:55
Dore Intwaro zigezweho zamurikiwe i Kigali, zimwe zikorerwa mu Rwanda
20/05/2025 - 07:52Iziheruka

Uburyo Inkotanyi zarokoye abagera ku 2000 muri Saint Paul
20/06/2016 - 09:28
Perezida Kagame yanenze abicishije inzara abashyitsi muri World Economic Forum
16/06/2016 - 15:14
VIDEO: U Rwanda rwateye indi ntambwe mu guhunika peteroli
13/06/2016 - 14:55
Yanejejwe bikomeye no guhoberwa na Jeannette Kagame
10/06/2016 - 17:50
U Rwanda rwakuyeho urujijo ku kibazo cy’impunzi z’Abarundi zasubijwe iwabo
8/06/2016 - 09:28
Impanuro za Soeur Immaculee zakoze ku mitima y’abana b’abakobwa barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
7/06/2016 - 12:23
Abakinnyi ba Senegal bababajwe bikomeye na Jenoside yakorewe Abatutsi
3/06/2016 - 13:04
Davis D wamenyekanye kubera indirimbo ye "biryogo"yasohoye indi yitwa "Jailer"
2/06/2016 - 17:44
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo