Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01Iziheruka
Abagore bashakanye n’abasirikare bagaragarije urugwiro umukandida wa FPR-Inkotanyi
1/08/2017 - 18:18
Senateri Makuza yagaragaje impamvu 8 z’ubudasa bwa Perezida Kagame
1/08/2017 - 18:13
Paul Kagame wa FPR-Inkotanyi yiyamamarije mu Karere ka Nyamasheke
1/08/2017 - 18:02
Perezida Kagame yatuzaniye amajyambere ubu umugore wanjye ari kundeba LIVE- Ntawumenya
1/08/2017 - 17:55
Rusizi: Paul Kagame wa FPR-Inkotanyi yiyamamarije i Gihundwe
31/07/2017 - 09:39
Rusizi: Umukandida wa FPR-Inkotanyi Paul Kagame yiyamamarije mu Bugarama
31/07/2017 - 09:29
Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi batuye mu Buholandi bamamaje umukandida Paul Kagame
30/07/2017 - 21:48
Abanyarwanda batuye i Liège mu Bubiligi bamamaje umukandida Paul Kagame wa FPR
30/07/2017 - 21:34
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo