Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41
Ntabwo nigeze nimana ubutaka bwo kwaguriraho ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe - Rwagashayija yisobanuye
2/05/2025 - 07:29
Perezida yadutumye ngo tworohereze abamotari - IGP Namuhoranye, Umukuru wa Polisi
30/04/2025 - 20:32Iziheruka

Twaganiriye n’Abanya-Kirehe: Barashima ibyo FPR Inkotanyi yabagejejeho
2/07/2024 - 13:11
Dr Sabin Nsanzimana yagaragaje impamvu Iburengerazuba bakwiye gutora Kagame
1/07/2024 - 07:38
Bazaza ku neza tubakire - Kagame abwira Abanyarwanda bakiri muri RDC
1/07/2024 - 07:23
Ntabwo tuzategereza udutera ko adusanga hano - Kagame i Nyamasheke
30/06/2024 - 10:24
Itorero ABASAAMYI ba Nkombo ryakiriye Kagame i Nyamasheke mu mbyino yihariye
30/06/2024 - 09:48
Ni ku gipfunsi nta handi: Abanya-Gicumbi barahiriye kuzatora FPR 100%
30/06/2024 - 07:28
Abifuza guhungabanya u Rwanda ntaho bamenera - Kagame i Rusizi
28/06/2024 - 23:11
Akazi kanjye karoroshye, ni ukubajya imbere tugafatanya urugendo - Kagame i Nyamagabe
28/06/2024 - 20:37
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo