Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Ishusho rusange y’ Uburezi mu Rwanda
16/06/2025 - 11:45
#EdtechMonday: Twifatanye n’impunzi mu Ikoranabuhanga mu Burezi/MAHAMA CAMP
17/06/2025 - 08:12
#UBYUMVA UTE: Uburenganzira bw’ Umwarimu ku Mushahara We
10/06/2025 - 13:40Iziheruka

Mu bacika intege ntabwo ndimo - Kagame ubwo yiyamamarizaga i Huye
28/06/2024 - 07:21
Araduhetse Kagame Paul ntabwo twanyerera - I Burera bariteguye
28/06/2024 - 06:51
Huye: Barashima ibyo Perezida Paul Kagame yabagejejeho
28/06/2024 - 06:31
Abafite ubumuga natwe twahawe agaciro nk’abandi kubera FPR Inkotanyi (Ubuhamya)
28/06/2024 - 06:11
Umubyeyi wafashwe n’ibise yagiye kwamamaza yise umwana we Kagame
27/06/2024 - 05:00
Twagize Ingabo z’Intare ziyobowe n’Intare - Paul Kagame
25/06/2024 - 23:02
Natuye i Kigali bwa mbere nkimara kujya kuri Yellow Paper - Utumatwishima
25/06/2024 - 22:56
Inkotanyi si igipindi, ni ukuri - Sheikh Mussa Fazil
25/06/2024 - 22:13
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo