Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Perezida yadutumye ngo tworohereze abamotari - IGP Namuhoranye, Umukuru wa Polisi
30/04/2025 - 20:32
Ntabwo nigeze nimana ubutaka bwo kwaguriraho ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe - Rwagashayija yisobanuye
2/05/2025 - 07:29
Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41Iziheruka

Byari udushya gusa mu kwamamaza Kagame i Bumbogo muri Gasabo
13/07/2024 - 08:20
Bavuye mu Bubiligi baje kwamamaza Kagame
12/07/2024 - 01:19
Kagame yijeje Abanya-Gakenke kuzasangira na bo ikigage bishimira intsinzi
12/07/2024 - 01:12
Muri Gakenke bakoze agashya mu kwakira Kagame Paul
12/07/2024 - 01:02
Wadutwaye Gishambashayo uduhungishije intambara - Abaturage b’i Gicumbi bashimira Kagame
12/07/2024 - 00:49
Nabasiima munonga... - Kagame Paul ashimira Abanya-Gicumbi
10/07/2024 - 10:09
Dore uko mu Karere ka Gicumbi bari bategereje umukandida Paul Kagame
10/07/2024 - 10:03
Mu rurimi rw’Urukiga, Abanya-Gicumbi bavuze ibigwi Kagame Paul wa RPF
10/07/2024 - 09:58
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo