Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Ishusho rusange y’ Uburezi mu Rwanda
16/06/2025 - 11:45
#UBYUMVA UTE: Uburenganzira bw’ Umwarimu ku Mushahara We
10/06/2025 - 13:40
Rwanda Beyond The Headlines, with Central Bank Governor on Development of Financial Sector
8/06/2025 - 08:24Iziheruka

Ntare Louisenlund School opens its doors: New students speak out
27/09/2024 - 00:32
U Rwanda rwakiriye abatwara amagare bazenguruka EAC
21/09/2024 - 01:23RIB yerekanye batandatu bakekwaho kwiba imodoka bakoresheje amayeri
17/09/2024 - 21:33
Perezida Kagame yagaragaje ibintu bitatu byatumye zimwe mu nsengero zifungwa
16/09/2024 - 14:44
Ibyishimo bya Tuyisenge wakiriwe na Perezida Kagame nyuma yo kwegukana Umudali wa Zahabu mu mibare
22/08/2024 - 20:16
Mujye muba intwari muve mu nshingano aho kuzikora nabi - Kagame abwira ba Minisitiri barahiye
20/08/2024 - 11:28
Sobanukirwa uko Abasivili bagiye kwinjira muri RDF mu mutwe w’Inkeragutabara
16/08/2024 - 18:43
Kazarwa watorewe kuyobora Umutwe w’Abadepite ni muntu ki? Ibyaranze umunsi wo kurahira
16/08/2024 - 13:33
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo