Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Polisi yafatiye mu cyuho 25 bashakaga kwambukiranya intara kandi bibujijwe
11/05/2020 - 10:55
Ibyo utabonye ubwo abacuruzi bongeraga gufungura amaduka yabo
7/05/2020 - 00:47
Umunsi wa mbere muri Bus zitwara abagenzi nyuma ya #GumaMuRugo
4/05/2020 - 19:29
Icyegeranyo ku ruhare rwa Marcel Sebatware mu bwicanyi bwakorewe Abatutsi i Cyangugu
2/05/2020 - 21:16
Ntidushaka ko icyari ubukwe gihinduka ikiriyo, ubukwe ntiburi mu byemewe - Prof Shyaka
2/05/2020 - 10:53
#Covid19: Indi mirimo yemerewe gukomeza gukora. Menya impamvu zashingiweho bayemerera
1/05/2020 - 22:56
Rusumo: Umushoferi uvanye ikamyo muri Tanzania si we uyigeza i Kigali
1/05/2020 - 22:29
Utubari turakomeza gufunga! Reba uko kuva Bahamas ukagera kwa Jules hameze (Video)
1/05/2020 - 18:36
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo