Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dore Intwaro zigezweho zamurikiwe i Kigali, zimwe zikorerwa mu Rwanda
20/05/2025 - 07:52
KWIBUKA31: Akaremangingo kagize u Rwanda ni ubudaheranwa nk’ubwaranze abashinze APACOPE - Min Rwego
19/05/2025 - 12:47
Abanyarwanda FDLR yari yarabujije gutaha bageze mu Rwanda
17/05/2025 - 23:26Iziheruka

Reba umukinnyi David Luiz wa Arsenal ubwo yageraga mu Rwanda
14/10/2019 - 21:57
Patoranking yataramiye abitabiriye Youth Connekt Africa 2019
10/10/2019 - 15:26
Bazabaho nk’abandi Banyarwanda - Kagame avuga ku mpunzi zo muri Libya
10/10/2019 - 14:28
Kwitabira Youth Connekt ni iby’agaciro kuri jye - Patoranking
10/10/2019 - 13:54
Ni irihe banga ryatumye Gakwaya yegukana Rwanda Mountain Gorilla Rally 2019 ?
8/10/2019 - 23:00
Reba uburyo Abanyarwanda banikiye abandi muri Rwanda Mountain Gorilla Rally 2019
8/10/2019 - 00:58
Ibitaro bya Faisal byakoze imyitozo kuri EBOLA
8/10/2019 - 00:35
25 bakekwaho gukorana na RNC batangiye kuburanishwa
3/10/2019 - 08:11
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo