Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Abanyarwanda FDLR yari yarabujije gutaha bageze mu Rwanda
17/05/2025 - 23:26
KWIBUKA31: Akaremangingo kagize u Rwanda ni ubudaheranwa nk’ubwaranze abashinze APACOPE - Min Rwego
19/05/2025 - 12:47
Urupfu rwa Rudahigwa: Ni nde wabazwa ibyaha byakorewe u Rwanda - Ikiganiro na Amb. Mutaboba
12/05/2025 - 10:15Iziheruka

Ihere ijisho Ibitaro bishya by’Akarere ka Nyarugenge biri hafi kuzura
28/11/2019 - 22:49
Young Grace yamaze ku bise amasaha atanu mbere yo kwibaruka Diamante
28/11/2019 - 22:39
Bafite ubuhanga buhambaye mu gucuranga umuduri kandi birabatunze
28/11/2019 - 22:31
Reba uko intore ya mbere mu Rwanda ikomoka kwa Sentore ihamiriza
28/11/2019 - 22:11
Reba uko Perezida Kagame yambitse ipeti rya Sous-Lieutenant abagera kuri 320
28/11/2019 - 21:51
Reba akarasisi k’abasoje amasomo ya gisirikare i Gako
17/11/2019 - 20:32
Perezida Kagame yagarutse ku buryohe bw’umwuga w’igisirikare
17/11/2019 - 10:58
Perezida Kagame n’imiryango ya ba General barahiye mu ifoto y’urwibutso
15/11/2019 - 14:05
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo