Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dore Intwaro zigezweho zamurikiwe i Kigali, zimwe zikorerwa mu Rwanda
20/05/2025 - 07:52
ISCA2025: La part des Africains est la plus grande face aux soucis du monde - Louise Mushikiwabo
20/05/2025 - 07:41
KWIBUKA31: Akaremangingo kagize u Rwanda ni ubudaheranwa nk’ubwaranze abashinze APACOPE - Min Rwego
19/05/2025 - 12:47Iziheruka

Video:Masamba ntajya yumva indirimbo ze iyo ari mu rugo
14/09/2019 - 13:31
Video: Meddy yasobanuye impamvu yakuwe ku rubyiniro atarangije kuririmba mu gitaramo cyo #KwitaIzina
12/09/2019 - 17:37
Scola wiyahuye yashyinguwe ku munsi wo gukumira impamvu zitera kwiyahura
10/09/2019 - 21:48
Ubuhamya bwa musaza wa Scolastique wiyahuye ku igorofa ryo kwa Makuza
10/09/2019 - 20:24
Kigali: Umukobwa wiyahuye yashyinguwe (Ubuhamya bwa Nyirasenge)
10/09/2019 - 20:08
Kigali: Byumvuhore yaryohereje abakunzi b’indirimbo za karahanyuze
10/09/2019 - 19:52
Perezida Kagame yaryohewe n’umuziki mu gitaramo cyo #KwitaIzina19
8/09/2019 - 21:44
Abakobwa b’i Kigali bemeje Ne-Yo mu gitaramo cyo #KwitaIzina
8/09/2019 - 17:18
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo