Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Kigali: Abakobwa basuye Ikibuga cy’indege, bahabwa icyerekezo cyo kuzaba Abapilote
4/09/2025 - 11:04
High Cost of Air Travel Impacting Heavily on Tourism – President Kagame
4/09/2025 - 23:23
Urukundo ni rwo musingi wa mbere wubaka urugo rugakomera - Madamu Jeannette Kagame
31/08/2025 - 16:48Iziheruka

Amarangamutima y’abanyamahanga bitabiriye Umushyikirano wa 2019 bwa mbere
21/12/2019 - 12:50
Kigali: Abatuye mu bishanga batangiye kwimurwa, inzu zabo zirasenywa
17/12/2019 - 20:36
Dore umwe mu bakobwa ba mbere mu gucuranga gitari mu Rwanda
17/12/2019 - 12:05
Sunny avuga ko kwitukuza ari nk’icyorezo. Iyumvire impamvu yamuteye kubikora
17/12/2019 - 11:41
Abanyarwanda 14.3% bugarijwe n’umubyibuho ukabije
17/12/2019 - 11:27
Mbega abakobwa bafite ubuhanga mu gucuranga ibyuma bya muzika!
16/12/2019 - 00:44
Iyumvire impamvu ibiganiro hagati y’u Rwanda na Uganda ntacyavuyemo
14/12/2019 - 12:14
Uko intumwa z’u Rwanda zakiriwe i Kampala mu biganiro byo kubyutsa umubano
13/12/2019 - 18:50
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo