Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Mu by’ukuri indirimbo ‘Ya Motema’ yabaye iya Nel Ngabo Gute? Platini yatanze igisubizo
13/06/2020 - 17:01
Ku myaka 58, Ingabire ntiyigeze adefiriza imisatsi ye. Umva byinshi mu byo akunda n’ibyo yanga
13/06/2020 - 16:34
Uganda yabakoreye iyicarubozo, ibakoresha ubucakara, bafunzwe binyuranyije n’amategeko: Ubu batashye
9/06/2020 - 23:47
Urupfu rwa Capt Mbaye Diagne, Umusirikare wa MINUAR wishwe ahangana no guhungisha Abatutsi
8/06/2020 - 10:46
Iyumvire inkirigito ya Ben Nganji. Yagusetsa imbavu zigashya
8/06/2020 - 10:32
Video: 29 batawe muri yombi bazira kurenga ku mabwiriza yo kwirinda #COVID19
6/06/2020 - 13:01
Abamotari basubiye mu muhanda, bitwaye bate mu gukurikiza amabwiriza yo kwirinda #COVID19?
4/06/2020 - 19:47
Ingendo zigana mu Ntara zigiye gusubukurwa. Dore aho Imyiteguro igeze
31/05/2020 - 18:32
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo