Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

REMA yashyize umucyo ku buryo bushya bwo gupima ibinyabiziga imyuka byohereza mu kirere
14/09/2025 - 18:31
Dore abaherutse kugaragara biyoberanyije batema umuntu
13/09/2025 - 12:58
The Press Conference on RSSB Performance Highlights 2024/2025
10/09/2025 - 19:20Iziheruka

Messi muri PSG: Ibyishimo by’abakunzi ba ruhago
11/08/2021 - 20:28
Amateka y’umuhanzi Twagirayezu Cassien waririmbye ’Umuntu Nyamuntu’
11/08/2021 - 19:34
Abamugariye ku rugamba basangiye umuganura n’urubyiruko rw’abakorerabushake
11/08/2021 - 19:07
I Kigali hatashywe ikibuga cya Golf kiri ku rwego mpuzamahanga (Video)
9/08/2021 - 07:59
Reba uruzinduko rwa Perezida wa Santarafurika mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Kinigi
7/08/2021 - 14:55
Ubutumwa Perezida Kagame na Touadéra batangiye mu kiganiro bagiranye n’abanyamakuru
6/08/2021 - 09:23
Dore uko Perezida Touadéra wa Santarafurika yakiriwe mu Rwanda
6/08/2021 - 08:05
Mavenge Sudi yemeye ko yiyitiriye indirimbo za Nyakwigendera Kayitare Gaetan
5/08/2021 - 20:25
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.