Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Nta masomo mufite yo kutwigisha - Kagame abwira abanenga u Rwanda
8/04/2022 - 10:06
Nsabimana yakatiwe gufungwa imyaka 15, Rusesabagina aguma ku myaka 25
5/04/2022 - 09:44
Bahamijwe ibyaha byo gukora iterabwoba aho kuba ibyitso
5/04/2022 - 09:35
I Kigali habaye Misa yo kwibuka no gusabira Dr. Paul Farmer
3/04/2022 - 12:47
Perezida Kagame yatangije ikigo cy’ikoranabuhanga cyihutisha iterambere ry’inganda
1/04/2022 - 10:30
Miss Muheto: Sinzita ku banca intege ahubwo ibikorwa bizivugira
1/04/2022 - 10:10
RIB irasaba abahohotewe kudaceceka
1/04/2022 - 09:36
Ibirori byatangarijwemo Miss Rwanda 2022 byari bibereye ijisho
20/03/2022 - 18:35
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.