Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
U Rwanda n’u Bushinwa bizihije isabukuru y’imyaka 50 y’umubano w’ibihugu byombi
9/11/2021 - 19:32
U Rwanda n’u Bugereki byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye
9/11/2021 - 18:09
Abiyita ko barwanya ubutegetsi nta kintu kibarimo, ni icyuka gusa - Gen Kabarebe
9/11/2021 - 17:39
Ubuhamya bw’uwarokotse Stroke
9/11/2021 - 17:15
Reba incamake y’igitaramo cy’imyaka 10 ya Bruce Melodie mu muziki
8/11/2021 - 15:39
Dr Bizimana: Ndashimira AERG na GAERG kubera ibikorwa byabo mu myaka 25 ishize
7/11/2021 - 14:47
Kwibuka ni inshingano zidafite igihe ntarengwa – Jeannette Kagame ku isabukuru ya AERG na GAERG
7/11/2021 - 13:26
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bahawe inshingano nshya
7/11/2021 - 13:18
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.