Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Impunzi z’Abanye-Congo zagejeje ibibazo byazo kuri za Ambasade zikorera i Kigali
14/03/2024 - 14:49
Jean-François Ricard, Procureur Français visite l’ancien Zone Turquoise
14/03/2024 - 14:34
Nkunganire Leta yatangaga ku batega imodoka rusange yakuweho
14/03/2024 - 14:17
Sobanukirwa byinshi ku biciro bishya by’ingendo muri Kigali no mu Ntara
14/03/2024 - 14:06
Il n’y a pas d’avenir sans justice - François Ricard, Procureur Français au Mémorial de Gisozi
14/03/2024 - 13:48
Urugendo rw’ubuhanzi rwa Dr Bigirankana waririmbye ‘Nasezeye ku Rukundo’
11/03/2024 - 09:52
Kubaga umuntu bakamurya ni agahinda gakomeye - Impunzi z’Abanyekongo ziri ku Kigeme
9/03/2024 - 09:34
Uburyo Col Uwineza wo mu ngabo zirwanira mu kirere yinjiye mu Gisirikare
9/03/2024 - 09:06
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.