Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
OIF-Kigali: Le Conseil des Ministres plaide pour la participation des femmes en leadership
19/11/2025 - 14:24
Airtel Rwanda unveils new offers and upcoming activities with Israel Mbonyi
20/11/2025 - 23:20
Maj Gen (Rtd) Jack Nziza yasabye abagize FDLR gutaha mu Rwanda
18/11/2025 - 23:24Iziheruka
Uwari ufungiye muri Uganda mu mitungo yari afite yatahanye urufunguzo rw’imodoka gusa
16/03/2021 - 20:29
Rusesabagina yitabiriye urubanza atunganiwe
12/03/2021 - 06:21
Nsabimana Callixte yagereranyije Rusesabagina nk’umunyeshuri uhora usaba mwalimu kwimura umunsi w’ikizamini
12/03/2021 - 06:12
Dore uko igikorwa cyo gukingira Imfungwa n’abagororwa ba Gereza ya Mageragere cyagenze
12/03/2021 - 05:59
Abagororwa barashimira Leta yabakingiye Covid-19
12/03/2021 - 05:45
Mu ibanga rikomeye Platini arashyize ararongoye
7/03/2021 - 21:10
Kuki bisaba gusinya kugira ngo ukingirwe COVID-19?
7/03/2021 - 20:34
Umva uko Rusesabagina yagejejwe i Kigali
7/03/2021 - 16:22
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.