Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Buhigiro Jacques: ’Nyirabihogo’ nayihimbiye umuzungukazi twiganaga
29/05/2021 - 11:16
Bafashwe bashaka guha Abapolisi ruswa bayita kubagurira amazi yo kunywa
17/05/2021 - 11:14
#Kwibuka27: Imiryango yazimye ni Ikimenyetso cy’ubukana Jenoside yakorewe Abatutsi yakoranywe
17/05/2021 - 09:29
Video: Reba uko Abayislamu bizihije umunsi mukuru wa Eid al-Fitr
14/05/2021 - 19:45
Cristian Rodriguez yegukanye Tour du Rwanda 2021
10/05/2021 - 00:25
#TdRwanda2021: Restrepo Jhonatan yegukanye agace ka 7
10/05/2021 - 00:15
#TdRwanda2021: Umufaransa Pierre Rolland yegukanye agace ka 6
10/05/2021 - 00:02
Dore abagabo bihebeye gutungwa n’ibyo batavunikiye bakora ubujura
9/05/2021 - 21:48
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.