Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dore abaherutse kugaragara biyoberanyije batema umuntu
13/09/2025 - 12:58
REMA yashyize umucyo ku buryo bushya bwo gupima ibinyabiziga imyuka byohereza mu kirere
14/09/2025 - 18:31
The Press Conference on RSSB Performance Highlights 2024/2025
10/09/2025 - 19:20Iziheruka

Intsinzi y’Amavubi yibagije Abanyarwanda Guma mu Rugo
28/01/2021 - 00:52
Dore abagiye guheza Kigali muri Guma mu Rugo
28/01/2021 - 00:44
Rwarutabura (Nyamirambo) kwirinda COVID-19 wagira ngo ntibibareba
27/01/2021 - 10:58
Gushyingura Prof. Kigabo: Byari amarira n’agahinda ku muryango n’inshuti
27/01/2021 - 10:02
Miss Yasipi Casmir yahishuye ibanga ryamufashije kwitwara neza muri Miss Africa Calabar 2020
27/01/2021 - 09:54
Tonzi adusogongeje ku mitoma umugabo we amutera, anatubwira umuhitiramo icyo yambara
27/01/2021 - 09:34
Padiri Ubald Diyosezi ya Cyangugu izamwibukiraho iki? Musenyeri Hakizimana arabivuze
11/01/2021 - 12:44
Mu Giporoso harahindutse: Reba uko hasigaye hasa
11/01/2021 - 12:35
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.