Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Perezida Kagame yenenze ibihugu bishyigikira abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda
12/06/2021 - 10:54
Kigali Night Run: Byari ibyishimo ku bakunda gukora siporo ya nijoro
12/06/2021 - 10:48
Abantu 11 bafashwe batwaye imodoka basinze
10/06/2021 - 15:25
Umunya-Uganda akurikiranyweho ubwambuzi no gukoresha inyandiko mpimbano
10/06/2021 - 15:00
Abaturage bagira uruhe ruhare mu mihigo y’Akarere?
10/06/2021 - 14:42
Abantu 8 bafashwe barenze ku mabwiriza ya COVID-19 bari muri "massage"
8/06/2021 - 09:32
Video: Bakurikiranyweho gucuruza amavuta yangiza uruhu azwi nka mukorogo
4/06/2021 - 12:17
#EdTechMonday : Ikoranabuhanga rifite uruhare mu guhindura uburezi bujyanye n’igihe
4/06/2021 - 11:32
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.