• Tuzarya amacunga abaducunga barye imicanga – Ibaruwa y’urukundo y’aba bana ntisanzwe

    Umubyeyi wo mu mujyi wa Kigali utarashatse kuvugwa amazina, yatwoherereje akabaruwa k’urukundo umwana w’umukobwa wiga mu mwaka wa mbere w’amashuri abanza yandikishije agashyikiriza umwana w’umuhungu bigana amubwira ko amukunda bikomeye, undi na we akajya kugasomesha.



  • ‘Marie-josée’ n’igitagangurirwa birusha umuntu kubona neza, na we akarusha imbwa - Inzobere

    Abahanga mu bijyanye n’imitekerereze y’inyamaswa n’abantu, bagaragaza ko hari ibisimba umuntu arusha kureba neza no kwitegereza amabara y’ibiboneka, ariko hakaba n’ibindi na we bimurusha kumenya neza ibyo atabasha kubona.



  • Kabusuri ni ikimera kinavura indwara nyinshi

    Menya byinshi kuri kabusuri ‘Capucine’ inavura idwara z’ubuhumekero

    Kubera ibigize ikimera cya kabusuri harimo ibyitwa ‘glucosinolate’ ndetse n’umusemburo wa ‘myronase’, biyiha ubushobozi bwo gukomeza ubudahangarwa bw’umubiri, Ikanavugwaho kuvura ibibazo bimwe na bimwe byo mu mbyiko, mu mara ndetse no mu matwi.



  • Amavuta y

    Dore impamvu 11 wagombye kurya amavuta y’inka

    Amavuta y’inka ni meza mu gikoni kandi araryoha, kuyarya bifitiye akamaro kanini umubiri kuko afite intungamubiri nyinshi kandi agafasha mu igogora.



  • Iyi ni yo nyamaswa ndende kuruta izindi ku isi

    Menya imibereho ya Twiga, inyamaswa ndende ku isi

    Kugeza ubu mu nyamaswa zikiboneka ku isi, Twiga bakunze kwita musumbashyamba, ni yo ndende kurusha izindi, kubera ijosi ryayo rirerire ndetse n’amaguru maremare cyane. Ni inyamaswa ikurura abakerarugendo cyane kuko usanga iryoheye ijisho ikaba imwe mu nyamaswa zirimo kugenda zicika ku isi.



  • Abakunda impanga ngo hari uko babigenza bakongera mahirwe ya kuzibyara

    Wari uzi ko habaho ibiribwa n’ibinyobwa byongera amahirwe yo kubyara impanga?

    Nubwo hari abantu batinya kuba babyara impanga, bakavuga ko ngo kuzitaho bivuna cyane, hari abandi bo baba biteguye gukora icyo ari cyo cyose byaba bisaba kugira ngo babone umunezero wikubye kenshi wo kubyara impanga. Byagaragaye ko hari ibiribwa runaka byakongera amahirwe yo gutwita impanga.



  • Igicumucumu ngo kivura umusonga n

    Igicumucumu kivura umusonga, inzoka n’ibisebe bidakira – Impuguke

    Mu gihe amashyamba cyimeza agenda akendera, hari ibiti n’ibyatsi byifashishwaga mu kuvura na byo bigenda bikendera. Muri byo harimo igicumucumu bamwe bavuga ko kivura umusonga, abandi bakavuga ko kivura inzoka n’ibisebe bidakira.



  • Abashakashatsi bavuga iki ku koza amenyo mbere cyangwa nyuma yo kunywa ikawa?

    Ni kenshi umuntu yisanga abanza koza amenyo mbere yo kunywa ikawa, gake akoza amenyo nyuma yahoo, abahanga basobanura igihe cyiza byakorwamo n’impamvu yabyo.



  • Ahahoze Gereza Nkuru ya Kigali (1930)

    Wari uzi aho imvugo “Bamumanuye” ikomoka?

    Kuva namenya ubwenge ahagana muri za 80, iyo umuntu yatabwaga muri yombi akekwaho icyaha runaka, mu rwego rw’amategeko inzego z’umutekano zabanzaga kumufungira aho bitaga kuri burigade (brigade) cyangwa kuri sitasiyo (station) ya Polisi, hanyuma yahamwa n’icyaha agafungwa bakavuga ko “Bamumanuye”.



  • Apple yatangiye umushinga wo gukora imodoka zitwara

    Sosiyete ya ‘Apple’ igiye gukora imodoka zitwara ubwazo

    Sosiyete ya Apple ngo yaba yaratangiye gushaka aho igura ‘lidar sensors’ zazakoreshwa mu modoka zayo zitwara ubwazo zikoresha umuriro w’amasahanyarazi nk’uko bigaragara ku rubuga rw’Abanyamerika rutangaza amakuru ajyanye n’ubukungu (Bloomberg).



  • Urunyanya rutuma uruhu rwo mu maso rumererwa neza rukazana itoto

    Uko wakwita ku ruhu rwo mu maso wifashishije ipapayi n’urunyanya bihiye

    Ipapayi ni urubuto rukundwa n’abantu benshi kuko ruraryoha kandi rugira n’akamaro gakomeye kimwe n’izindi mbuto zitandukanye, ariko akamaro k’ipapayi ntikagarukira mu kuyirya gusa, ahubwo ikoreshwa no mu kwita ku bwiza n’ubuzima bw’uruhu rwo mu maso.



  • Umwongereza yahisemo kwijyana muri gereza aho kugumana n’abo bari kumwe muri ‘Guma mu Rugo’

    Mu Bwongereza, Umugabo witwa Robert Vick,wari ku rutonde rw’abashakishwa na Polisi, kuko yari yaracitse gereza atarangije igihano cy’igifungo yari yarakatiwe, yahisemo kwijyana kuri polisi ngo yongere asubire muri gereza aho kugumana n’abantu babanaga muri ‘Guma mu Rugo’(Lockdown).



  • Hari kode ziba muri telefone yawe ushobora kuba utazi gukoresha

    Dore kode (codes) 12 za telefone ushobora kuba utazi

    Muri iki gihe isi igezemo, hafi ya buri muntu ufite imyaka ibimwemerera atunze telefone igendanwa yaba igezweho (smart phones) cyangwa izisanzwe, ariko ushobora gusanga hari ibintu byinshi utazi ko telefone yawe ishobora gukora wifashishije kode (codes), ni ukuvuga uruhererekane rw’utumenyetso n’imibare runaka ukanda (…)



  • Ni iki ubushakashatsi buvuga ku byo twibwira ku bitotsi?

    Ni iki ubushakashatsi buvuga ku byo twibwira ku bitotsi?

    Ni byinshi twibwira ko bidufasha kuryama neza ndetse iyo tutabikoze dushobora kubyukana amavunane, harimo gukora siporo cyangwa se kuryamira isaha imwe buri munsi, abashakashatsi bagira ibyo babisobanuraho mu buryo bwimbitse.



  • Hari abantu bagona bakabangamira abo bari kumwe ntibabone ibitotsi

    Niba ugona ukabuza abandi gusinzira, wajya kwivuza

    Umubyeyi w’umwana witwa Manzi utuye ku Gisozi mu Karere ka Gasabo avuga ko atajya asinzira iyo uwo mwana w’imyaka itanu amaze gufatisha ibitotsi, kuko ngo ahita atangira kugona ahirita cyane.



  • Uruvange rwa avoka n

    Dore uko wakwita ku misatsi ukoresheje avoka n’amagi

    Avoka ubusanzwe abantu bayizi nk’urubuto ruryoha, kandi rukundwa n’abatari bake, ariko ibyiza byayo ntibigarukira k’ukuribwa gusa, kuko igira n’akamaro gakomeye mu kwita ku misatsi.



  • Menya inkomoko y’uwa Gatatu w’ivu

    Umunsi w’uwa Gatatu w’ivu washyizweho na Papa Grégoire wa mbere (Pape Grégoire I) mu mwaka wa 591. Ni umunsi abakritsu ba Kiliziya Gatolika batangiriraho igisibo cy’iminsi mirongo ine bazirikana ibabara rya Yezu Kristu gisozwa ku munsi wa Pasika hizihizwa izuka rya Yezu.



  • Agasozi bahimbye Saint Valentin kubera kwivugana umusore

    Bahise ‘kuri Saint Valentin’ kubera uwahaguye arimo gusambana

    Mu Karere ka Karongi, mu Murenge wa Rugabano, hari umusozi bahimbye izina rya ‘Saint Valentin’ kubera umusore wahatakarije ubuzima yagiye kugira icyo yimarira (gusambana) n’inkumi mu kagoroba.



  • Ubundi ikawa irahumura cyane ariko ngo hari abarwaye bakanakira Covid-19 batumva impumuro yayo

    Hari abakize Covid-19 batakaza ubushobozi bwo guhumurirwa no kumva icyanga – Ubushakashatsi

    Ibyo gutakaza ubushobozi bwo guhumurirwa, kunukirwa ndetse no kutamenya icyanga cy’ibyo umuntu ashyize mu kanwa, mbere ngo ntibyari bizwi nka kimwe mu biranga umuntu warwaye Covid-19, gusa ngo uko abarwayi bayo bagendaga bagaragaza icyo kibazo nibwo abaganga baje kwemeza ko ibyo nabyo ari ibimenyetso bijyana na Covid-19.



  • Menya uko wafasha uwafashwe n

    Menya uko wafasha umuntu ufashwe n’amashanyarazi

    Umubiri w’umuntu ugizwe n’amazi ku kigero cya 60%, iyo ni yo mpamvu afatwa n’amashanyarazi. Buri mwaka, hirya no hino ku isi za miliyoni z’abantu bafatwa n’amashanyarazi hakaba n’abahitanwa nayo.



  • Uwarumwe n

    Dore uko wafasha umuntu warumwe n’inzoka

    Kurumwa n’inzoka ni imwe mu mpanuka zibaho cyane cyane igihe umuntu akunda gukora imirimo ituma ajya ahantu hari ibihuru, uretse ko hari n’ubwo inzoka ishobora kwinjira mu nzu, ikaba yaruma umuntu.



  • Amazi y

    Menya akamaro ko kunywa amazi y’akazuyazi

    Abantu benshi bavuga ko kunywa amazi ari ikintu cyiza kuko afite akamaro gakomeye, icyakora ngo kuyanywa ari akazuyazi byagirira umubiri neza kuruta kuyanywa akonje.



  • Kugira uburakari bukabije byagutera kurwara umutwe n

    Menya indwara ziterwa no kugira uburakari n’umujinya bikabije

    Mu ndwara ziterwa n’uburakari n’umujinya mwinshi harimo izifata imyanya y’ubuhumekero, iz’umutima, iz’umwijima ndetse n’izifata impindura, hari kandi kugira umuvuduko w’amaraso ukabije ndetse no kubabara umutwe.



  • Inyanya zifitiye akamaro kanini uruhu

    Menya akamaro k’inyanya ku buzima bw’uruhu

    Abantu benshi bazi inyanya nk’uruboga rukoreshwa mu gikoni cyangwa se nk’ikirungo gihindura ibara ry’ibiryo, hakaba n’abazirya zidatetse (salads), ariko akamaro k’inyanya ntikaboneka binyuze mu kuzirya gusa, ahubwo no kuzisiga ku ruhu bigirira umuntu akamaro.



  • Abashakashatsi bavuga ko myenda ifite amabara akeye itera ibyishimo

    Abashakashatsi bavuga iki ku myenda ifite amabara akeye?

    Ubushakashatsi bwemeza ko ibimaze igihe kinini bivugwa binagirwaho impaka, ko abantu benshi baterwa umunezero n’imyenda icyeye bambaye ndetse nabo bari kumwe ari byo.



  • Menya uburyo wakorera isuku imbwa yawe

    Nk’uko umuntu yigirira isuku ku mubiri n’aho atuye ni na ko imbwa zo mu ngo na zo zikenera isuku. Iyo imbwa ifite isuku n’ubuzima bwiza itera nyirayo ibyishimo, ariko igashobora gutera ibindi bibazo yewe n’indwara mu gihe ititaweho mu buryo bukwiriye.



  • Ibibuto bya Avoka ni umuti ukomeye n’ubwo abantu babijugunya

    Avoka ni urubuto ruzwi n’abantu benshi kandi usanga runakunzwe cyane, ariko abenshi barya avoka bahita bajugunya ibibuto byazo kuko batazi akamaro kabyo cyangwa se bakaba bumva na kindi babikoresha. Nyamara ibyo bibuto, ngo ntibyagombye kujugunywa kuko na byo bifite akamaro gakomeye ku buzima bw’umuntu.



  • Umubirizi

    Umubirizi uzwiho kuvura inzoka zo mu nda burya uvura n’izindi ndwara

    Umubirizi ni igiti usanga kizwi n’abantu benshi kandi gikunze kuboneka ahantu hose hari ibihuru. Gusa abenshi bazi umubirizi nk’umuti w’inzoka zo mu nda, hakaba n’abakunda kuwushyira mu mazi bagiye kuhira amatungo kuko ngo bituma anywa neza kandi ukayagirira akamaro. Iyi nkuru iragaruka ku kandi kamaro k’umubirizi.



  • Joe Biden yavunitse arimo gukina n’imbwa ye

    Perezida Joe Biden uherutse gutorerwa kuyobora Leta zunze Ubumwe za Amerika yavunitse ikirenge ubwo yari arimo akina n’imbwa ye.



  • Umunyamerika Rick Ross, umwe mu bafite tatouage nyinshi ku mubiri we (Ifoto: Internet)

    Ibyo ukwiye kumenya mbere yo kwishyiraho ‘Tatouage’

    Kwishushanya ku mubiri n’irangi ridashira (tatouage) ni bimwe mu bintu bikunzwe kugaragara mu rubyiruko bishobora kugira ingaruka ku wabikoze.



Izindi nkuru: