Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

Ibitekerezo   ( 318 )

Nitwa NSABIMANA Etienne nkaba mvuka mu karere ka ngoma Umurenge wa zaza, ndifuza ko nanjye mwampa akazi muriyo hOTEL nkaba narize PCM(physics-chemistry-mathematics) muri secondary nkaba mfite A1 muri mathematics and chemistry with education. phone number zanjye ni 0787185178/0725854014, MURAKOZE mu igihe tugitegereje igisubizo cyanyu kandi kiza.

NSABIMANA ETIENNE yanditse ku itariki ya: 28-11-2018  →  Musubize

well,my name is Thomas MUTIRENDE from Bugesera I would like to apply for this post of being customer care in this hotel. in fact i completed my studies in University of Rwanda college of Education in Kinyarwanda and English. I will do all the best to fulfill my duties related job. Thanks!!!

Mutirende Jean Thomas yanditse ku itariki ya: 26-11-2018  →  Musubize

Muraho.Nitwa Celestin, mfite impamyabumenyi A2 mu ndimi n’ubuvanganzo;English, Kinyarwanda n’Igiswahili
(EKK).Ikindi mfite Seritifika (Certificate )mu bijyanye no gucunga umutekano.nkaba nifuza akazi ako ariko kose kdi ko ndamutse nkabonye nagakora neza nkuko mbisabwe.

Hatangimana celestin yanditse ku itariki ya: 13-11-2018  →  Musubize

Muraho,nitwa Mukeshimana Diane mfite A2 muri MCB
nkaba nifuza akazi nanjye,mukampaye nakuzuza inshingano zanjye nkuko bikwiye nubusanzwe nakoraga muri restaurant. Murakoze

Mukeshimana Diane yanditse ku itariki ya: 26-09-2018  →  Musubize

Muraho nitwa Mukeshimana Diane nkaba mfite A2 muri MCB mfite imyaka 24 nkaba nifuza akazi muri yo hotel mukampaye nakuzuza inshingano zanjye nkuko bikwiye kuko nubusanzwe nkora muri re

staurant nimero ya telephone0785798867,0728739715

Mukeshimana Diane yanditse ku itariki ya: 26-09-2018  →  Musubize

Muraho mbifurije umwaka mushya muhire wa 2019 byaba byiza mudushyiriyeho email zanyu turandika ariko ntawudusubiza njye mumpaye akazi ako ariko kose nakora rwose ikigezi nugumbwa mfite A2 muri MCB nkaba nkora muri restaurant I kamembe mu mugi wa rusi.Murakoze.

Mukeshimana Diane yanditse ku itariki ya: 17-01-2019  →  Musubize

Nitwa Hagenimana Janvier mfite A2 mubukerarugendo nama hotel nakuye mu ishuri ryisumbuye rya Lycee du lac Muhazi (AsPEJ)Rwamagana

niteguye gukora neza mu kwakira neza abakiriya (service and customer care) ndetse na front office :

mumpaye akazi nagaragaza uruhare rwange muguteza imbere hotel yanyu nkuko nabitojwe. mbaye mbashimiye.

ntuye Nyagatare

mvuga indimi enye

English :good
kinyarwnda: excellent
fracais: moderate
swahili:good

number 0784936876

HAGENIMANA Janvier yanditse ku itariki ya: 23-06-2018  →  Musubize

nitwa marie louise nkaba mfite diploma ya A2 nkaba nifuza akazi muriyo hotel number yanjye ni 0787862879

Marie louise uwamwiza yanditse ku itariki ya: 22-06-2018  →  Musubize

Mwiriwe nange nifuzaga gukora muri hoteri yanyu nkaba mfite diploma ya A2.MURAKOZE number yanjye ni 0787862879

Marie louise uwamwiza yanditse ku itariki ya: 22-06-2018  →  Musubize

nitwa Umumararungu chance nkaba mfite diploma A2 muri computer science nkaba nshaka akazi muri hotel number 0783571047 Murakoze

umumararungu chance yanditse ku itariki ya: 2-09-2018  →  Musubize

Good morning , this is Florence tuyishime from kigali/Rwanda...I would like to request u for a job as I have a good experience in serving customers, also as a hotel receptionist etc , tho I only have high school diploma in English, French and Kinyarwanda. ..in fact I’m hard working ,and I wish one I will recruited, I will do my best to fulfill all duties that will be assigned to me. I will be glad to hear the positive feedback from you. Thx

Tuyishime florence yanditse ku itariki ya: 18-06-2018  →  Musubize

l am by names of karenzi wilson ,i would like to apply for ajob in this hotel .i have A2 in accounting ,2 certificate in accountant and 2 in waiter from different hotel.i i realy appriciate .KARENZI WILSON.THANKS.

karenzi wilson yanditse ku itariki ya: 14-05-2018  →  Musubize

Nitwa HAKUZIMANA Emmanuel nkaba nifuza kuba umwe mubakozibo muriyo Hotel nkaba narize (ECE)EARLY CHILDHOOD EDUCATION nka nzi kwakira abantu neza tel:0780413351

HAKUZIMANA EMMANUEL yanditse ku itariki ya: 16-04-2018  →  Musubize

Nitwa HAKUZIMANA Emmanuel nkaba mfite A2 muri (ECE)Early childhood Education nkaba narize MATHEMATICS,INTERPRENUERSHIP,KINYARWANDA ,ENGLISH,FRANCAIS,FOUNDATION OF EDUCATIO, FOUNDATION OF EARLY CHILDHOOD EDUCATION nkaba nifuzako mwampa akazi muriyo Hotel yanyu nkaba niyiziho impano yo kwakira abantu neza nkaba niteguye gukora ibindi bintu ibyaribyo byose bijyanye n’akazi.

HAKUZIMANA EMMANUEL yanditse ku itariki ya: 16-04-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka