Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

Ibitekerezo   ( 318 )

mbanje kubasuhuza bayobozi la palisse nanjye nitwa mbarushimana thierry nkaba nasabaga akazi k waiter narangije amashuri yisumbuye muri hospitality nkaba maze imyaka irenga 5mbikoramo ubu ntakazi nanjye niteguye gutanga service nziza muri hotel yanyu 0783342472

mbarushimana thierry yanditse ku itariki ya: 12-05-2026  →  Musubize

mbanje kubasuhuza bayobozi la palisse nanjye nitwa mbarushimana thierry nkaba nasabaga akazi k waiter narangije amashuri yisumbuye muri hospitality nkaba maze imyaka irenga 5mbikoramo ubu ntakazi nanjye niteguye gutanga service nziza muri hotel yanyu

mbarushimana thierry yanditse ku itariki ya: 12-05-2026  →  Musubize

Tell: 0782832530

Mutuyimana Eric yanditse ku itariki ya: 20-04-2026  →  Musubize

Mwaramutse neza Nitwa Mutuyimana Eric nkaba nshaka Akazi kogukora mu gikoni nkaba narasoje CUA hano gacuriro TSS 2023 Ubu nkaba ntakazi Murakoze.

Mutuyimana Eric yanditse ku itariki ya: 20-04-2026  →  Musubize

Mwaramutse neza Nitwa Mutuyimana Eric nkaba nshaka Akazi kogukora mu gikoni nkaba narasoje CUA hano gacuriro TSS 2023 Ubu nkaba ntakazi Murakoze.

Mutuyimana Eric yanditse ku itariki ya: 20-04-2026  →  Musubize

Nkeneye akazi narize s6 tel 0790060441

Diane yanditse ku itariki ya: 26-08-2025  →  Musubize

Nuko nashakaga akazi

Nshimiyimana vincent yanditse ku itariki ya: 16-04-2026  →  Musubize

Bwana bayobozi nanjye ndasaba akazi kokuba umupronjeri mungikoni ntaba mbifitemo ubumenyi byinjyihe kirekire ntaba nuye kiagal kimironk mungiriye ikizere makamp murakoze coll.0735474509 watsapp

Twiringiyumukiza obedi yanditse ku itariki ya: 26-08-2025  →  Musubize

Nifuzaga akazi kogukora mugikoni nize culinary arts

Alais yanditse ku itariki ya: 13-08-2025  →  Musubize

Mwiriwe mumeze mute se nasabaga akazi kumwanya wokuba umu waitress nsoje s6 food and beverage operation

Uwizeye Emma Sandrine yanditse ku itariki ya: 20-07-2025  →  Musubize

Ndi kayonza ndifuza akazi nize Toutism and hospitality mfite uburambe bwi myaka 5 nkora kuri réception waiter ndetse na assistant manager of staff Tel 0793430311

Niyomugabo Jérôme yanditse ku itariki ya: 13-07-2025  →  Musubize

Ndashaka akazi muri hoteli yanyu mukampaye mwaba mukoze

Donatha yanditse ku itariki ya: 2-01-2026  →  Musubize

Ndashaka akazi muri hoteli yanyu mukampaye mwaba mukoze

Donatha yanditse ku itariki ya: 2-01-2026  →  Musubize

Bwan/madam mberenambere mbanjekubashimira kumahirwe mutangayakazi nange nkabambandikiye mbasaba akazi ka housekeeping murakoze tel 0794631816

Uwimana jean claude yanditse ku itariki ya: 24-06-2025  →  Musubize

Nukuri ndashaka akazi tel 0790068441

Diane yanditse ku itariki ya: 17-06-2025  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka