Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”
Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.
Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.
Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.
Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.
Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.
Egide Kayiranga
Ibitekerezo ( 318 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Kwaka akazi muri campany yanyu nkaba mfite impamya bumenyi diplomerA2 mubuzi imibare ubutabire MCB nkaba mfite certificat mubijyanye nisuku
murakoze
Kwaka akazi muri campany yanyu nkaba mfite impamya bumenyi diplomerA2 mubuzi imibare ubutabire MCB nkaba mfite certificat mubijyanye nisuku
murakoze
Muraho neza tubwire ibisabwa kugirango umuntu about akazi muriyo hotel turategereje murakoze
Muraho neza! Ese akazi karacyaboneka muriyo hotel nize mpc nasoje uwagatandatu segonderi tel: 0783284123 nibagahari muzatubwire turategereje murakoze cyane
ese akazikaracyaboneka? mfiteese akazikaracyaboneka? mfite A2
muri MEG mungiriye ikizere mukakampa nakakaese akazikaracyaboneka? mfiteese akazikaracyaboneka? mfite A2
muri MEG mungiriye ikizere mukakampa nagakora nese akazikaracyaboneka? mfiteese akazikaracyaboneka? mfite A2
muri MEG mungiriye ikizere mukakampa nakakaese akazikaracyaboneka
mfiteese akazikaracyaboneka? mfite A2
muri MEG mungiriye ikizere mukakampa nagakora nka kazi
Narangije s6(A2) muri MEG(imibare,ubukungu,ubumenyi bw’isi,nkomereza muri UTB(university technology and business) nkaba niga business management (diplomat) nkaba nifuzaga gukorana namwe
Murakoze
Amazina ni MBONIMANA Callixte ntuye Kigali ,akarere ka Gasabo,umurenge wa kinyinya nkaba mfite A2 muri MCE(MATHEMATICAL,COMPUTER SCIENCE and ECONOMICS),nkaba mfite na Certificate muri Video production . mungiriye ikizere mukampa akazi muri hotel yanyu nakorana umurava n’ubushishozi mukazi. numero ni : 0787909336 mugihe ntegereje igisubizo cyanyu mbaye mbashimiye.
muraho neza nitwa rosine nkaba nabasabaga akazi
nkaba nararangije kwiga hotel oparetion A2
murakoze mugihe ngitegereje igisubizo cyanyu cyiza. nbr: 0785218201
0785714 544
Nitwa uwitonze Andre Fite company ihuza Abakozi N’ABAKORSHA Uwashaka Abakozi batandukanye cg akeneye akazi yaduhamagara tukamuhuza n’umukoresha cg umukozi
nitwa Uwase cesarie mfite A0 muri accounting numero 0783049661 murakoze.
nitwa Uwase cesarie mfite impamyabumenyi ya A0 muri accounting mungiriye ikizere twakorana neza 0783049661
Muraho neza nasabaga akazi muriyi hotelmwafunguye narangije 2018 mwishami ry’i koranabuhanga(csc) Murakoze nimungirira ikizere nzakora neza ntakibazo my number 0787955584
Nejejwe no kubandikira mbasaba akazi,ntuye mu Majyepfo,mfite A2 muri MCB.Mungiriye ikizere mukampa akazi nagakora neza uko bikwiye,tel 0780871255,murakoze