• Ishyaka PDI ryamaganye imigambi mibisha ya Congo ku Rwanda

    Ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi (PDI), ryamaganye imigambi mibi icurwa na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) n’abafatanyabikorwa bayo barimo ingabo z’u Burundi n’izindi zo mu bihugu bya SADC n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abazise bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.



  • Bishimiye gusubira mu gihugu cyabo

    Abanyekongo bari bahungiye mu Rwanda batashye, bashima uko bakiriwe

    Abanyekongo babarirwa muri 400 bari mu Rwanda mu Karere ka Rusizi bacumbikiwe, bari bahunze imirwano yaberaga muri Kivu y’Amajyepfo, basubiye mu gihugu cyabo bashimira u Rwanda rwabakiriye.



  • Nsabimana Thadée

    Uko Nsabimana yarokotse abasirikare ba FARDC bari bagiye kumwica

    Nsabimana Thadée, Umunyarwanda utuye mu Karere ka Rusizi yashyitse mu Rwanda avuye mu mujyi wa Bukavu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), aho yari yafatiwe n’ingabo z’iki gihugu, FARDC, zamuboshye kubera yabuze Amadolari 200 ariko abonye 50 ziramurekura.



  • Hon. Dusingizemungu mu biganiro n

    Hari abagitinya gutanga amakuru y’ahakigaragara ingengabitekerezo ya Jenoside

    Perezida w’ihuriro ry’abagize Inteko Ishinga Amategeko rikumira Jenoside, ihakana n’ipfobya bya Jenoside yakorwe Abatutsi (AGPF), Hon. Dusingizemungu Jean Pierre, avuga ko mu biganiro yagiranye n’abayobozi mu nzego zitandukanye mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa Mugombwa, bagaragaje ko hari amakuru adatangwa ahagaragaye (…)



  • Madamu Jeannette Kagame yashimiye Fatima Maada Bio watorewe kuyobora OAFLAD

    Madamu Jeannette Kagame yashimiye Fatima Maada Bio watorewe kuyobora OAFLAD

    Madamu Jeannette Kagame yashimiye mugenzi we Fatima Maada Bio, watorewe kuyobora Umuryango w’abadamu b’Abakuru b’ibihugu ugamije iterambere, Organization of African First Ladies for Development (OAFLAD).



  • Perezida Kagame yashimiye Mahmoud Ali Youssouf watorewe kuyobora AUC

    Perezida Kagame yashimiye Mahmoud Ali Youssouf watorewe kuyobora AUC

    Perezida Kagame yashimiye umuyobozi mushya wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AUC), Mahmoud Ali Youssouf, ku bw’intsinzi yegukanye.



  • Twe Abanyarwanda ntawe dusaba uburenganzira bwo kubaho - Perezida Kagame

    "Iyaba umukino wo kwitana ba mwana, imbwirwaruhame nziza, ibinyoma, kutagira isoni, byari igisubizo cy’iki kibazo, ibibazo byari kuba byararangiye kera. Nti twakabaye tugifite iki kibazo cya Congo, ariko dufite abantu bavuga ibinyoma nta mpamvu."



  • Perezida Kagame yaganiriye na Antonio Guterres

    Perezida Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga mukuru wa UN

    Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yahuye n’Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye (UN), Antonio Guterres, baganira ku bibazo by’umutekano mucye mu Karere u Rwanda ruherereyemo.



  • Perezida Paul Kagame yageze muri Ethiopia

    Ethiopia: Perezida Kagame yitabiriye inama ya 38 ya AU

    Perezida Paul Kagame yageze i Addis Abeba muri Ethiopia kuri uyu wa 14 Gashyantare 2025, mu nama isanzwe ya 38 y’Abakuru b’ibihugu na za Guverinoma y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU).



  • Rwanda: Abakuze bagiye kwiyongera, abavuka bagabanuke

    Imibare y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko u Rwanda ruri kuzamuka mu bwiyongere bw’abaturage muri rusange, aho mu myaka 10 iri imbere uhereye muri 2023-2033, ruzaba rwazamutseho abaturage 21.66%.



  • Abafashwe uko ari 68 bacukuraga mu buryo bunyuranyije n

    Abantu 68 bafashwe bacukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe

    Abantu 68 bafatiwe mu cyuho bacukura amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko, mu birombe biherereye mu Turere twa Musanze na Rulindo.



  • banyarwenya bahawe amahugurwa ku bukangurambaga bwa Hindura Blague

    Abanyarwenya biyemeje kudasigara mu kwimakaza ihame ry’uburinganire

    Abanyarwenya bo mu Rwanda biyemeje kudasigara mu rugamba rwo guhangana n’amagambo yibasira abagore n’abakobwa, mu kurwanya ihohoterwa iryo ari ryo ryose ryabakorerwa, no guharanira kwimakaza ihame ry’uburinganire cyane cyane binyuze mu mwuga wabo wo gusetsa.



  • Guhura na Tshisekedi ntibyigeze bintera ikibazo - Perezida Kagame

    Asubiza niba koko asanga umutwe wa FDLR uteje akaga ku mutekano w’u Rwanda, Perezida Kagame yavuze ko nta kuntu bitabaho, kandi Guverinoma ya Kongo ishyize imbere politiki yo kwica, dore ko Perezida Félix Tshisekedi uyiyoboye ashyira imbere ivangura no gutsemba ubwoko adashaka, afatanyije n’Interahamwe



  • Ngo mfitiye impuhwe M23? Yego - Perezida Kagame

    Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yashubije abavuga ko afitiye impuhwe M23, umutwe uhanganye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo ko afite impamvu zumvikana, ku buryo ahubwo udafitiye impuhwe uyu mutwe ari we waba adashyira mu gaciro.



  • Ntawe uzantera ubwoba yitwaje kumfatira ibihano- Perezida Kagame

    Perezida wa Repubulika Paul Kagame aratangaza ko ntawe uzamutera ubwoba yitwaje gufatira u Rwanda ibihano, kubera ibirego bivuga ko u Rwanda rwaba rufasha umutwe wa M23, urwana mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo-DRC, uherutse no gufata Umujyi wa Goma.



  • Perezida Kagame yakiriwe na Emir wa Qatar

    Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar

    Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Gashyantare 2025, Perezida wa Repubulika Paul Kagame uri i Doha, yakiriwe na Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, baganira ku mubano w’Ibihugu byombi ndetse n’inzego zitandukanye n’uburyo byarushaho kwaguriramo imikoranire.



  • Minisitiri Nduhungirehe na Troy Fitrell baganiriye kuri telefone

    Minisitiri Nduhungirehe yagiranye ibiganiro na Troy Fitrell wa Amerika

    Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe yagiranye ibiganiro kuri telefone na Amb. Troy Fitrell, Umunyamabanga wungirije w’Amerika ushinzwe ibibazo bya Afurika.



  • Muri 2024 abangavu 22,454 batewe inda

    Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée, ubwo yari mu biganiro n’Abadepite bagize Komisiyo y’Ubumwe bw’Abanyarwanda, Uburenganzira bwa Muntu no Kurwanya Jenoside, tariki 11 Gashyantare 2025, yavuze ko mu 2024 abangavu batewe inda bageze kuri 22,454.



  • Abakora muri serivisi z’ubuzima bagiye kwigishwa ururimi rw’amarenga

    Zimwe mu ngamba zafashwe na Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC), mu gukemura ibibazo by’abafite ubumuga, harimo no kwigisha ururimi rw’amarenga abakora muri serivisi z’Ubuzima kugira ngo babashe kwita no guha serivisi abafite ubumuga nta mbogamizi.



  • Dore uko imisoro izagenda izamuka ku bicuruzwa na serivisi

    Leta y’u Rwanda igaragaza ko hari impamvu eshatu z’ingezni zashingiweho hazamurwa imisoro, iya mbere ikaba kongera umubare w’abasora n’imisoro yinjizwa mu kigega cya Leta, hamwe no kunoza uburyo bwo gukusanya imisoro.



  • Guverinoma y’u Rwanda yihanganishije ababuriye ababo mu mpanuka ya bisi

    Guverinoma y’u Rwanda yihanganishije imiryango yaburiye abayo mu mpanuka ya bisi itwara abangenzi, yahitanye abantu 20 abandi bagakomereka, impanuka yabereye mu Murenge wa Rusiga mu Karere ka Rulindo, kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Gashyantare 2025.



  • Rulindo: Abantu 20 baguye mu mpanuka ya bisi

    Abantu 20 ni bo baguye mu mpanuka ya bisi itwara abagenzi ya kompanyi International, yabereye ahitwa ku Kirenge mu Karere ka Rulindo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Gashyantare 2025.



  • Ntibavuga rumwe ku myambarire y

    Bavuga iki ku myambarire y’ab’ubu?

    Kigali Today yaganiriye n’abantu b’ingeri zitandukanye, abakuru n’abato, ku bijyanye n’impinduka zigenda zibaho mu myambarire y’abantu, aho abenshi mu bakiri bato badahuza n’abakuru ku bice by’umubiri umuntu agomba kwambika, n’ibyo bumva ko ntacyo bitwaye mu gihe byaba byambaye ubusa.



  • U Rwanda rwihanganishije ababuriye ababo mu bisasu bya FARDC

    Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 10 Gashyantare yihanganishije imiryango 16 yaburiye ababo mu bisasu ingabo za Kongo n’abo bafatanyije kurwanya M23 baherutse kurasa mu Rwanda.



  • I Musanze hatangijwe imurikamateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi

    Mu Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rw’Akarere ka Musanze, rwahoze ari Cour d’Appel Ruhengeri, guhera ku wa Mbere tariki 10 Gashyantare 2025, hatangijwe Imurikamateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi.



  • Urubyiruko rwishimiye ikiganiro rwahawe ndetse rwiyemeza kuba umwe

    Urubyiruko rurasabwa kongera ingufu mu kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside

    Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Jean Damascène Bizimana, avuga ko ingengabitekerezo yakoreshejwe mu kwanga Abatutsi mu Rwanda mu myaka ya 1950 yageze no kuri Jenoside yabakorewe, ari na yo igikoreshwa ubu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) no mu Karere mu kwanga bamwe mu (…)



  • Abadepite mu kiganiro ku ihamwe ry

    Iyo bavuze uburinganire wumva iki?

    Impuguke mu bijyanye n’uburinganire n’iterambere ry’ingo, zivuga ko uburinganire ari ukutagira icyo ugomwa umuntu kubera ko ari umugabo cyangwa umugore.



  • Abarwariye mu bitaro bya Ruhengeri bahawe ibikoresho bitandukanye

    Twagaruye icyizere cyo gukira: Abarwayi ku bayobozi babasuye bakanabagemurira

    Bamwe mu barwariye mu bitaro bikuru bya Ruhengeri bagize ibyishimo bidasanzwe, nyuma yo kubona abayobozi batandukanye babasanga ku bitanda baryamyeho, babazaniye ibiribwa n’ibikoresho byo kwifashisha bitandukanye.



  • Dusengiyumva Samuel yatorewe kuyobora FPR mu Mujyi wa Kigali

    Dusengiyumva Samuel yatorewe kuyobora FPR mu Mujyi wa Kigali

    Kuri iki Cyumweru tariki 09 Gashyantare 2025, habaye amatora ya Komite Nyobozi ya FPR-Inkotanyi ku rwego rw’Umujyi wa Kigali, aho Dusengiyumva Samuel yongeye kugirirwa icyizere cyo kuyobora uyu muryango n’amajwi 502, ahwanye na 86% by’abari bagize inteko itora.



Izindi nkuru: