Umuryango Kanyarwanda urimo guhugura abakozi b’akarere n’imirenge ku igenamigambi rinoze, urasaba ko umuturage yahabwa ijambo risesuye mu igenamigambi ry’igihugu.
Umunyamabanga wa Leta ushinze ubuhinzi n’ubworozi Tony Nsanganira, atangaza ko uturere dukwiye kujya duhiga imihigo tuzabasha kwesa, tukirinda izatugora.
Emmanuel Kirenga wari umuhanga mu biganiro mpaka mu ihuriro ry’urubyiruko ku rwego rw’akarere rwiga mu mashuri makuru yazize urupfu rutunguranye.
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro muri Sudani, zagejeje kuri Leta y’icyo gihugu mu cyumweru gishize, ishuri zubatse.
Mu ishuli ry’amategeko rya ILPD basezeye kuri Dr Kalinda wagizwe umudepite muri EALA banishimira icyizere yagiriwe cyo guhagararira u Rwanda.
Bamwe mu batuye Kigembe muri Gisagara bize gusoma no kwandika bakuze bavuga ko byabafashije kuzuza neza nshingano zinyuranye bagira.
Kuwa 12 Nzeli 2015, ikipe ”Les Onze du Dimanche” yahembye ibimina 3 byahize ibindi mu bwisungane mu kwivuza muri Nyaruguru.
Nyirahabimana Clotilde, mu murenge wa Gatore ari mu rukiko rwisumbuye rwa Ngoma nyuma yo kuroha umwana we mu ruzi rw’akagera.
Umujyi wa Kigali watangiye gushyira mu bikorwa icyemezo cyo gusenya inzu y’Umunyemari Rwigara Assinapol uvugwa ko yubatswe nta bidakurikije amategeko.
Ubuyobozi bw’akarere ka Burera bwahize ko bguyiye gushyira ingufu mu guhindura imyumvire y’abaturage no gukomeza kubasobanurira uruhare mu iterambere ry’akarere.
Abanyamabanga nshingwabikorwa umunani mu karere ka Kirehe bahinduriwe imirenge hagamijwe kunoza gahunda y’imihigo ya 2015/2016 aho akarere kitegura guhiga utundi.
U Bwongereza bwateye intambwe bukemura ikibazo cya politiki bwari bwagiranye n’u Rwanda, buniyemeza kurufasha mu kuzamura ireme ry’uburezi bw’ibanze.
Imbago 38 zihuza u Rwanda na Uganda nizo sishakishwa kugira ngo zisubizweho muri gahunda yo kuvugurura imbago z’imipaka ihuza ibihugu.
Abagore bo mu mirenge itandukanye igize Akarere ka Gatsibo, barakangurirwa kumenya uburenganzira bahabwa n’amategeko ku mutungo w’umuryango ushingiye ku butaka.
Minisitiri w’Ubwongereza ushinzwe Iterambere Mpuzamahanga n’ Afurika by’umwihariko atangaza ko umubano w’u Rwanda n’u Bwongereza umeze neza nubwo utabuze utubazo.
Perezida Kagame atangaza ko ibimaze gukorwa mu gihugu nyuma y’imyaka 20 ari urugero rw’ibishoboka gukorwa bigateza imbere Abanyarwanda imbere.
Bamwe mu bana bakomeje gutakaza ubwenge bikavugwa ko biterwa n’imbuto z’icyatsi bise ibisazi by’imbwa baba bariye nyuma bagata umutwe.
Kuwa 9 Nzeri 2015, mu Ngororero hatangirijwe ku rwego rw’Igihugu, umushinga wo kugenzura serivisi n’ikoreshwa ry’imari ya Leta mu mirenge.
Abatuye akagari ka Ruragwe, Umurenge wa Rubengera, Akarere ka Karongi, bahangakishijwe n’ikiraro cya Ryabutwatwa cyaridutse kikaba kimaze guhitana abantu barindwi.
Minisiteri ishinzwe impunzi no gukumira ibiza MIDIMAR, yashyize ahagaragara igitabo kigaragaza ubwoko bw’ibiza n’uduce tw’igihugu bikunze kwibasira.
Perezida Paul Kagame arakorera urugendo mu karere ka Nyanza abonereho no kureba ibikorwa by’urugomero rw’amazi ruherereye mu murenge wa Rwabicuma.
Agakiriro k’akarere ka Ruhango, kagiye kumara amezi ane gatangiye gukorerwamo n’abanyabukorikori, ubuyobozi bukavuga kazabafasha guhanga imirimo myinshi isaga ibihumbi birindwi.
Inzego zitandukanye zikorera mu gihugu zigomba kugira uruhare mu guhanga imirimo mishya mu rwego rwo guhangana n’ubushomeri mu rubyiruko.
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Sudani y’Epfo, Gen. Paul Malong Awan, atangaza ko igihugu cye kizigira ku iterambere n’ubumwe Abanyarwanda bamaze kugeraho.
Ubuyobozi bw’akarere ka Kirehe buratangaza ko abayobozi bo muri aka karere bakwiye gufasha abaturage guharanira kugera ku iterambere.
Dr Nishishikare Fabrice wakoraga mu bitaro bya Kirehe yaguye mu bitaro by’umwami Faycal kuwa 09/9/2015 nyuma yo kuva mu nama y’akazi arangije izamu.
Muhindo watashye mu Rwanda tariki 8/9/2015 avuga ko igihe yamaze muri FDLR nta nyungu yayibonyemo, agarutse iwabo mu buzima bushya.
Donald Kaberuka wayoboraga banki Nyafurika itsura Amajyambere agiye kwigisha muri Kaminuza ya Harvard nyuma y’imyaka 10 ku buyobozi bw’iyi banki.
Minisiteri ishinzwe kurwanya Ibiza no gucyura Impunzi (MIDIMAR) yasabye abari mu inkambi ya Kigeme mu karere ka Nyamagabe gushyira hamwe.
Urwego rw’Umuvunyi ruratangaza ko hadutse uburyo bushya bwo kwaka no gutanga ruswa mbere y’igihe, ku buryo uyisaba ayaka mbere y’igihe.