• Impande zombi zagiranye amasezerano yorohereza SADC gutaha

    M23 yemereye ingabo za SADC gutaha ziciye ku kibuga cy’indege cya Goma

    Ubuyobozi bw’ingabo za SADC hamwe n’ubuyobozi bw’ingabo za M23 bwemeranyije gutandukana, ingabo za SADC zigataha mu bihugu byazo zinyuze ku kibuga cy’indege cya Goma, ndetse zigatwara n’ibikoresho bya gisirikare zazanye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).



  • Gaala ari kumwe na nyina

    Kenya: Umukobwa w’imyaka 17 yishwe azira kwanga gushaka umugabo w’imyaka 55

    Muri Kenya, umukobwa w’imyaka 17 wabaga mu nkambi y’impunzi ya Dadaab, yishwe ndetae n’umurambo we uratwikwa, kubera ko yanze gushakana n’umugabo umuruta cyane, ufite imyaka 55.



  • Angola yahagaritse inshingano z’ubuhuza mu kibazo cya Congo

    Angola yahagaritse inshingano z’ubuhuza hagati y’impande zihuriye mu kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa DRC.



  • FARDC yemeye guhagarika imirwano

    FARDC yemeye guhagarika imirwano

    Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), zatangaje ko zigiye guhagarika ibitero ku ngabo za M23 bahanganye, banasaba abarwanyi ba Wazalendo kubigenza batyo hagamijwe gushyigikira ibiganiro by’amahoro.



  • Papa Francis yongeye kugaragara mu ruhame

    Kuri iki Cyumweru, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Fransisiko yagaragaye bwa mbere mu ruhame nyuma y’ibyumweru birenga bitanu ari mu bitaro aho yari arimo kuvurirwa indwara z’ubuhumekero.



  • M23 igiye gukura ingabo zayo muri Walikale

    Nyuma y’iminsi itatu gusa, umutwe wa M23 utangaje ko wafashe Umujyi wa Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri RDC, kuri uyu wa 22 Werurwe 2025, Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryafashe icyemezo cyo kwimura ingabo zaryo zari ziri mu Mujyi wa Walikale no mu nkengero zaho.



  • Uwari Minisitiri w

    Perezida wa Tunisia yirukanye Minisitiri w’Intebe

    Perezida wa Tunisia Kaïs Saïed, yirukanye Minisitiri w’Intebe w’iki guhugu, Kamel Madouri, wari umaze kuri uwo mwanya amezi atageze ku munani, ahita anashyiraho umusimbura.



  • Trump yasinye itegeko rikuraho Minisiteri y

    Trump yasinye itegeko rikuraho Minisiteri y’Uburezi

    Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasinye itegeko rikuraho Minisiteri y’Uburezi muri icyo gihugu, ashinja kudakora neza inshingano zayo.



  • Zelensky avuga ko Putin atagombye kugorana mu biganiro by

    Putin agomba kureka gusaba ibitari ngombwa mu masezerano y’amahoro - Zelensky

    Mu nama yagiranye n’Abakuru b’ibihugu by’u Burayi kuri uyu wa Kane, Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky, yavuze ko mugenzi we w’u Burusiya Vladimir Putin, agomba kurekaraho kuruhanya kugira ngo impande zombi zibashe kugirana amasezerano yo guhagarika imirwano.



  • USA: Umucamanza wa Leta yatambamiye ihagarikwa rya USAID

    Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika USA, Umucamanza wa Leta yatambamiye ubuyobozi bwa Perezida Donald Trump, mu mugambi wabwo wo gukinga Ikigo gitera inkunga iterambere mpuzamahanga (USAID).



  • Joseph Kabila yaherukaga mu biganiro by

    Abaturage ba Congo barifuza amahoro - Joseph Kabila

    Joseph Kabila wigeze kuba Perezida wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC), aravuga ko abaturage ba Congo biteguye gushakira amahoro arambye igihugu cyabo.



  • Afurika y’Epfo: Leta yasabwe ibisobanuro ku gihe ingabo ziri muri RDC zizatahira

    Nyuma y’aho Abakuru b’ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC), tariki ya 13 Werurwe 2025 bafashe icyemezo cyo gucyura ingabo ziri mu butumwa bwawo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo ishinzwe ibikorwa by’ingabo, yasabye Leta ibisobanuro ku buryo (…)



  • AFC/M23 yikuye mu biganiro na DRC

    Umutwe wa AFC/M23 uratangaza ko kubera ibihano mpuzamahanga bikomeje gufatirwa abanyamuryango bayo, bitumye nta biganiro byashoboka ku mpande zombi.



  • U Burusiya: Impano y’utumashini dusya inyama yateje impaka

    Mu Burusiya, ishyaka riri ku butegetsi rya Perezida Vladimir Poutine ‘United Russia Political Party’, ryanenzwe bikomeye nyuma yo gutanga impano zigizwe n’indabo ndetse n’utumashini dusya inyama (hachoirs à viande/meat grinders), bihabwa ababyeyi bafite abahungu baguye ku rugamba muri Ukraine.



  • Abarwayi bavuga ko umunsi wabahariwe ubibutsa ko hari ababazirikana kandi babatekereza

    Bugesera: Abarwayi bibukijwe ko kwirinda biruta kwivuza

    Abaturage bo mu Karere ka Bugesera by’umwihariko abarwariye mu bitaro bya Nyamata, bibukijwe ko kwirinda biruta kwivuza, ubwo basurwaga n’inzego zitandukanye z’ubuyobozi, bagahabwa amafunguro ndetse bakanasengerwa.



  • RDC yavuye ku izima yemera kuganira na M23

    Nyuma y’igihe kinini Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yinangira ko idashobora kugirana ibiganiro n’ubuyobozi bw’Ihuriro rya AFC/M23, kuko bawufata nk’umutwe w’iterabwoba, ubuyobozi bwa RDC bwavuye ku izima bwemeza kuzitabira ibiganiro.



  • Sudani yahagaritse iyinjizwa ry’ibicuruzwa bituruka muri Kenya

    Sudani yahagaritse ibicuruzwa byose byinjira muri icyo gihugu bituruka muri Kenya, kandi icyo cyemezo cya Sudani ngo kigomba guhita gitangira kubahirizwa ako kanya.



  • Amb. Ebrahim Rasool

    Ambasaderi wa Afurika y’Epfo muri Amerika yirukanywe

    Leta Zunze Ubumwe za Amerika yirukanye Ambasaderi wa Afurika y’Epfo muri icyo gihugu, Ebrahim Rasool, imushinja kuba umunyapolitiki ugira amacakubiri, wanga Amerika na Perezida Donald Trump.



  • Kenya: Komvuwayeri wa bisi yishe umugenzi amuziza Amashilingi 30

    Muri Kenya, mu muhanda wa Thika, ushinzwe kwishyuza muri bisi (Komvuwayeri) ya kompanyi ya Super Metro, yasunitse umugenzi witwa Gilbert Thuo Kimani, amusohora mu modoka kandi irimo igenda ku muvuduko mwinshi, agwa mu muhanda ahita apfa.



  • Diego Maradona wabaye ikimenyabose muri ruhago

    Argentine: Hatangiye urubanza rw’abaganga bavuraga Maradona

    Muri Argentine, mu Murwa mukuru Buenos, hatangijwe urubanza rw’abaganga bavuraga nyakwigendera Diego Maradona, wabaye umukinnyi w’ikirangirire mu mupira w’amaguru.



  • Rodrigo Duterte wayoboye Philippines yatawe muri yombi

    Rodrigo Duterte wayoboye Philippines yatawe muri yombi

    Rodrigo Duterte wabaye Perezida wa Philippines guhera mu 2016-2022, yatawe muri yombi ku kibuga cy’indege cya Manille, hashingiwe ku mpapuro zo kumufata zatanzwe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC), kubera ibyaha byibasiye inyoko umuntu akurikiranyweho.



  • Tanzania: Yakatiwe urwo gupfa nyuma yo kwica umupolisi

    Muri Tanzania, Urukiko rukuru rwa Musoma rwahanishije igihano cyo kwicwa, umugabo witwa Wangoko Matienyi utuye ahitwa Mkengwa mu Ntara ya Tarime, nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica umupolisi witwaga Fred Obunga.



  • Uganda igiye guhindura amazina y’imihanda yitiriwe abakoloni

    Muri Uganda, urukiko rukuru rwategetse ubuyobozi bw’Umujyi wa Kampala, gutangiza gahunda yo guhindura amazina y’imihanda imwe n’imwe yo muri uwo Mujyi, yitiriwe abakoloni b’Abongereza bakolonije icyo gihugu.



  • Trump yasubitse inkunga ya gisirikare kuri Ukraine

    Trump yasubitse inkunga ya gisirikare kuri Ukraine

    Leta Zunze Ubumwe za Amerika (US), zabaye zihagaritse inkunga zateraga Ukraine mu bya gisirikare, nk’uko byatangajwe n’umuyobozi muri White House mu kiganiro yagiranye na CBS News.



  • -Perezida Zelensky ngo azongera kwambara kositimu intambara yarangiye muri Ukraine

    Nzongera kwambara ‘costume’ intambara yarangiye muri Ukraine - Perezida Zelensky

    Abantu benshi bakunze kwibaza impamvu yaba ituma Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky, atajya yambara ikoti cyangwa se ‘costume’ mu gihe uwo ari umwenda ufatwa nk’uwo kurimba cyane cyane ku bagabo, bitewe n’ibirori cyangwa gahunda bagiyemo, ariko yavuze ikibimutera.



  • La Réunion: Bane bahitanywe n’inkubi y’umuyaga, hangirika byinshi

    Ku kirwa cy’u Bufaransa cya La Réunion, inkubi y’umuyaga yiswe ‘Garance’ yasize yishe abantu 4, isenya inzu zo kubamo ndetse yangiza n’ibikorwa remezo bitandukanye harimo imihanda, amashanyarazi, amazi n’ibindi.



  • Macky Sall wayoboye Senegal agiye gukurikiranwa mu butabera

    Muri Senegal, Guverinoma yizeje ko Macky Sall wahoze ari Perezida w’icyo gihugu adashobora kuzacika ubutabera, nyuma y’uko hasohotse raporo igaragaza imicungire n’imikoreshereze ye mibi y’imari ya Leta, mu gihe cy’ubutegetsi bwe guhera mu 2012-2024.



  • AFC/M23 yihanganishije ababuriye ababo mu gitero cyiswe icy’iterabwoba

    Ihuriro AFC / M23 ryihanganishije abaturage b’i Bukavu nyuma y’igitero cyiswe icy’iterabwoba cyagabwe ku mbaga yari iteraniye mu biganiro byahuje abaturage n’ubuyobozi bwa AFC/M23.



  • Elon Musk arasabirwa kwamburwa ubwenegihugu bwa Canada

    Canada: Elon Musk arasabirwa kwamburwa ubwenegihugu

    Muri Canada, abantu ibihumbi n’ibihumbi bashyize umukono ku nyandiko rusange isaba ko umuherwe Elon Musk yamburwa ubwenegihugu bwa Canada, mu gihe umwuka ukomeje kugenda uba mubi hagati y’ubuyobozi bwa Trump na Canada.



  • Ntitwamera nka Amerika - Ubumwe bw’u Burayi ku gufatira u Rwanda ibihano

    Inama y’Abaminisitiri bashinzwe Ububanyi n’Amahanga mu bihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, yanzuye kudahita ifatira ibihano u Rwanda bitewe n’ibirego rushinjwa mu makimbirane yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.



Izindi nkuru: