Urubyiruko rugize umuryango ’Never Again’ Rwanda ruvuga ko nta mahoro Abanyarwanda bashobora kugira mu gihe baba badakunze gusoma.
Umuhanzikazi Phiona Mbabazi yatangaje ko nta rukundo rwigeze ruba hagati ye na Mico, ahubwo ko babikoze bashaka kuvugwa cyane.
Miss Rwanda, Elsa Iradukunda atangaza ko irushanwa ryo koga yatangije rizatuma uwo mukino ugera ku rundi rwego kuburyo n’abawukina basohokera u Rwanda.
Ikipe y’igihugu Amavubi yatsindiwe i Kampala ibitego 3 ku busa, mu marushanwa y’ibihugu ku bakinnyi bakinira iwabo muri Afurika CHAN.
Abagororwa 30 bafungiye muri Gereza ya Rilima bahujwe n’abo biciye imiryango yabo muri Jenoside yakorewe Abatutsi, babasaba imbabazi barazihabwa.
Abahagarariye umugabane wa Afurika muri Amerika, Abanyarwanda baba muri icyo gihugu n’inshuti z’u Rwanda bakoze ibirori byo kwishimira intsinzi ya Perezida Paul Kagame wongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda.
Itsinda ry’abavugabutumwa 76 ryitwa “New Life in Africa” ryaturutse muri Tanzania ryatangiye igikorwa cy’ivugabutumwa mu Rwanda.
Perezida Paul Kagame yabwiye abakorerabushake bo mu Bwogereza bakoraga mu mushinga Umubano, ko usize umubano w’ibihugu byombi ukomeye.
Inama mpuzamahanga yiga ku iterambere rya Siporo mu bagore yaberaga i Kigali yasojwe biyemeje kuzamura umubare w’abagore bari mu buyobozi bwa Siporo
Mu rwego rwego rwo kwitegura shampiyona y’umwaka wa 2017-2018 ikipe y’Amagaju FC ikomeje gushaka abakinnyi bazayifasha kwitwara neza muri iyo shampiyona.
Umusambi ni igikoresho gifite agaciro gakomeye mu Karere ka Ngoma kuburyo buri mukobwa wo muri ako karere ugiye gushyingirwa agomba kuwuha nyirasenge.
Uruganda rwa CIMERWA rwashyizeho uburyo bushya bwo gufasha abafite ibikorwa by’ubwubatsi, bubafasha kubagezaho sima ako kanya bifashishije amakamyo yabugenewe.
Abaturage bo mu murenge wa Kibilizi mu karere ka Gisagara bakoresha umuhanda wa Kinteko-Huye barasaba gukorerwa iteme bakoresha kuko ryangiritse cyane.
Abahinzi b’umuceri mu gishanga cya Cyaruhogo mu karere ka Rwamagana barataka igihombo batewe n’imashini baguriwe bagasanga zidakora.
Itsinda ry’abanyeshuri n’abayobozi babo bo mu ishuri rikuru rya gisirikare muri Sri Lanka (DSCSC) basuye MINADEF bashima imikorere y’ingabo z’u Rwanda.
Abaturiye ikimpoteri cya kijyambere giherereye i Sovu Mu Karere ka Huye, barifuza kwimurwa kuko kibakururira umwanda n’umutekano mukeya.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yamaze gusesekara mu mujyi wa Kampala aho igomba gukinira n’ikipe ya Uganda kuri uyu wa Gatandatu
Abatuye umujyi wa Rubavu bakunda imikino itandukanye irimo uwo koga nta rungu bazagira kuko hagiye kubera irushanwa ryiswe “Umuganura Challenge Triathlon”.
Uruhinja rwo muri Kirehe rwakuwe mu musarani wa metero umunani ari ruzima, nyuma yo gutabwamo na nyina wari umaze kurubyara, rwiswe izina.
Umuryango wa Rene Rutagungira, Umunyarwanda washimutiwe mu gihugu cya Uganda, ku cyumweru cyashize, urasaba ko wafashwa kugaruza uwo muvandimwe wabo.
Ikigo cy’igihugu cy’misoro n’amahoro (RRA) gitangaza ko cyafashe ingamba zo gukorana n’ibindi bigo kugira ngo gitahure abacuruzi banyereza imisoro.
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangaje bidasubirwaho ko Paul Kagame ari we watsindiye kuyobora u Rwanda mu myaka irindwi iri imbere.
Ubuyobozi bw’ikipe ya As Kigali buratangaza ko bwamaze gusezerera abakinnyi 7 barimo Sebanani Emmanuel Crespo ndetse ikanasubiza APR Ndori Jean Claude na Mubumbyi Barnabe yari yababatije.
Izina Romami si rishya ku bakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda kuko hari abakinnyi bitwa gutyo bakinnye mu makipe atandukanye yo mu Rwanda.
Nyakwigendera Kunda Thérèse, wari umugore w’umuvugabutumwa KWIZERA Emmanuel yatabarutse mu cyumweru gishize tariki 6 Kanama 2017.
Ikigo cy’igihugu cyita ku buzima (RBC) gitangaza ko mu Rwanda hagiye gutangizwa uburyo bushya bwo kwipima virusi itera SIDA bidakorewe kwa muganga.
Mu majyepfo ya Pariki y’Iburunga mu Majyaruguru y’u Rwanda, mu minota 20 gusa mu modoka uturutse mu Kinigi, wakirwa n’amazu asakaje ibyatsi afite ishusho y’ibirunga.
Ikipe ya Simba Sports Club yo mu gihugu cya Tanzaniya yatsinze ikipe ya Rayon Sports igitego 1-0 mu mukino wa gicuti yayitumiyemo.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yatashye ku mugaragaro ikibuga cya Basketball giherereye kuri Club Rafiki
Mu gihe habura iminsi mike ngo iserukiramuco rya muzika rizwi nka KigaliUp! ribe, abahanzi b’abanyamahanga bazasusurutsa abazaryitabira bamaze gutangazwa.
Imiryango Nyarwanda itari iya Leta isaba ko gahunda y’imbaturabukungu ya gatatu (EDPRS3) irimo gutegurwa, yakwita cyane ku ireme ry’uburezi n’ibura ry’imirimo.
Ambasaderi Arnout Pauwels wari umaze imyaka itatu ahagarariye u Bubiligi mu Rwanda, yatangaje ko ubwo asoje ikivi mu Rwanda ahandi agiye azaba umuvugizi w’u Rwanda nk’igihugu cy’intangarugero kandi cyuzuye amahirwe.
Raporo y’imiryango itari iya Leta yibumbiye muri CLADHO ivuga ko amatora y’Umukuru w’Igihugu yagenze neza, igasaba abagore ko baziyamamaza ubutaha.
Mu rwego rwo gukomeza gukusanya amafaranga ashyirwa mu kigega "Agaciro Development Fund" hateguye irushanwa ry’umupira w’amaguru rizahuza amakipe akomeye mu gihugu.
Bwa mbere mu mateka abahinzi b’icyayi bo mu turere twa Rusizi na Nyamaheke, batangiye kunywa ku cyayi bahinga.
Abaturage 120 bo mu murenge wa Kigali muri Nyarugenge bishimira ko batazongera kurembera mu rugo kuko noneho babonye uburyo bwo kwivuza.
Ikipe y’igihugu Amavubi iri kwitegura umukino wa Uganda mu rwego rwo gushaka itike ya CHAN imaze gutsinda Sudani ibitego 2 kuri 1 mu mukino wa gicuti.
Musenyeri Filipo Rukamba, umushumba wa diyosezi gaturika ya Butare, avuga ko umupadiri atari umukozi w’Imana kuko umukozi aruhuka, nyamara bo bakaba bagomba gukorera Imana ubutaruhuka.
Urwego rushinzwe imiyoborere (RGB) rwashimye umutuzo wagaragaye mu matora ya Perezida, runenga ibitangazamakuru mpuzamahanga byibasiye umwe mu bakandida.
Mukura Victory Sports iratangaza ko yamaze guha amasezerano y’imyaka ibiri Umurundi Gael Duhayindavyi wakinaga muri Vital’o Fc
Habumugisha Esiron wabaye mu gisirikari cya Kayibanda n’icya Habyarimana avuga ko amatora y’ubu atandukanye n’ayo hambere kuko ay’ubu akorwa mu mucyo no mu bwisanzure.
Kuva mu kwezi kwa Kamena kugera muri Nzeri uyu mwaka, hari abakiriya ba Banki y’Abaturage (BPR) barimo guhabwa ibihembo by’amafaranga, telefone, televiziyo, imashini yuhirira imyaka, ibyuma bikonjesha, amagare n’ibindi.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ryo muri Afurika yo hagati n’Iburasirazuba (CECAFA), ryashimiye Perezida Paul Kagame ku ntsinzi yegukanye mu matora aheruka.