Dore ibimenyetso byakwereka ko wugarijwe n’umuvuduko ukabije w’amaraso

Umuvuduko ukabije w’amaraso (hypertension) ni indwara ifata umuntu bucece ikagera ubwo imuzahaza atabimenye. Mu yandi magambo ni indwara yica bucece kuko nta kimenyetso cyihariye igaragaza.

Hari uburyo busanzwe bukoreshwa kwa muganga bwo kuyisuzuma hifashishijwe imashini zipima umuvuduko w’amaraso.

Ariko hari ibimenyesto byatuma ukeka ko uyifite ukihutira kureba muganga:

1. Kumva umutima utera cyane ukanabyumvira mu gutwi kumwe cyangwa yombi, cyane cyane uryamye cyangwa uri ahantu hacececetse.

2. Kuribwa umutwe biherekejwe no guhorana umunaniro, akenshi ubu bubabare bukunze kubaho mu gihe umuntu akangutse. Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS) ritangaza ko umuntu mukuru umwe muri batatu aterwa umutwe n’umuvuduko ukabije w’amaraso.

3. Kutabona neza: Umuntu yumva ikizungera cyangwa isereri bigendana no kumva atabona neza cyangwa akabona ibikezikezi.

4. Kubira ibyuya: Gututubikana bidafite indi mpamvu bishobora kuba impuruza y’uko umuvuduko w’amaraso wazamutse.

5. Kuva imyuna (Kuva amaraso mu mazuru)

Indwara y’umuvuduko w’anaraso ihangayikishije abatuye isi. OMS itangaza ko abantu miliyari 1.28 bari hagati y’inyaka 30 na 79 barwaye umuvuduko ukabije w’amaraso, kandi ko 2/3 byabo ari ababa mu bihugu bikennye n’ibiciriritse. Ikindi kandi iyi ndwara ni imwe mu za mbere zitera gupfa imburagihe, cyangwa se gukenyuka kw’abatuye isi.

Hypertension ishobora kwirindwa

1. Gukora imyitozo ngororamubiri
2. Kurya ifunguro riboneye ririmo imboga n’imbuto
3. Kugabanya inzoga cyangwa ibisindisha no kwirinda kunywa itabi
4. Kugabanya umunyu
5. Kumenya guhangana na stress

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 32 )

Muraho neza,ntabwo twasobanukiwe FADA FOOD aho yaboneka mugiturage
(ibiribwa ibonekamo)

leonidas yanditse ku itariki ya: 22-04-2024  →  Musubize

Nibyo Koko umuvuduko wamaraso ni indwara mbi kandi ishobora kuba yakwica uyirwaye bitunguranye gusa amakuru meza nuko iyo uyivuje neza kandi mugihe gikwiye uracyira kandi neza ubaye ushaka imiti yo kuwivur cyangwa kuwirinda nyandikir nyikugezeho kur 0798614586 dukomeze kugira ubuzima buzima

Emile mwiseneza yanditse ku itariki ya: 19-04-2024  →  Musubize

Nibyo Koko umuvuduko wamaraso ni indwara mbi kandi ishobora kuba yakwica uyirwaye bitunguranye gusa amakuru meza nuko iyo uyivuje neza kandi mugihe gikwiye uracyira kandi neza ubaye ushaka imiti yo kuwivur cyangwa kuwirinda nyandikir nyikugezeho kur 0798614586 dukomeze kugira ubuzima buzima

Emile mwiseneza yanditse ku itariki ya: 19-04-2024  →  Musubize

umuvuduko wamaraso ni indwara ikomeje Kuzahaza abantu benshi, Kandi ikomeza yiyongera rwose,papa wanjye afite imyaka 41 yari afite umuvuduko 173/96 byahoraga bihindagurika, nari narabuze icyo nakora, Rimwe naje Guhura numusore yampaye imiti ndayimuha ayikoresha amezi 2 ubu yarakize neza Ari normal, Kandi ubu hashize umwaka atongeye kugira crise, iyo Niyo Nimero ye 0728356676 uwaba akeneye ko amufasha yamuvugisha.

Murakoze!

Shumbusho yanditse ku itariki ya: 29-03-2024  →  Musubize

Nibyo iriyandwara nimbicyane knd yo utayivujeneza ushoboragutakaza ubuzima muburyo butunguranye ariko ntimukwiyeguhangayika kuko igisubizo kuriyo cyarabonetse ucyeneye ubundibusobanuro wahamagara docteur 0787289124

Pandasi Emmanuel yanditse ku itariki ya: 23-03-2024  →  Musubize

Nibyo iriyandwara nimbicyane knd yo utayivujeneza ushoboragutakaza ubuzima muburyo butunguranye ariko ntimukwiyeguhangayika kuko igisubizo kuriyo cyarabonetse ucyeneye ubundibjsobanuro wahamagara docteur 0787289124

Pandasi Emmanuel yanditse ku itariki ya: 23-03-2024  →  Musubize

Muraho neza amazina yanjye ni Habimana vedaste,ubu mubuhamya bwanjye,hashize imyaka 2 nyize indwara y’umuvuduko wamaraso,mubyukuri umuvuduko wari warandenze pe,ariko ubu ndashima lmana kuba yaramuje nikigo kinzobere bakamfasha nyuma yigihe kitari gito nivuza byaranze,nawe niba wifuza gukira umuvuduko wabahamagara kuri 0783700426 abavuzi baracyariho

Habimana vedaste yanditse ku itariki ya: 18-03-2024  →  Musubize

Ubaye ufite iyinrwara wanyandikira 0791077711 cg call 0791077711 /0722298375

Claudine uwimana yanditse ku itariki ya: 15-03-2024  →  Musubize

Murakoze cyane kuduha amakuru kd inama zanyu ziratwubaka cyane, gusa hari abantu bawuvura niba nawe uwurwaye ushobora kubavugisha nawe bakagufasha, +250790152976 iyo niyo number yabo

VALOR’S yanditse ku itariki ya: 2-02-2024  →  Musubize

Kurimwe mwaba mufite ibyobibazo byumuvuduko cg hari abomeabamuzi babifite ushoborakwabdikira muganga cg ukamuhamagara Kuri 0787289124 murakoze.

Pandasi Emmanuel yanditse ku itariki ya: 1-02-2024  →  Musubize

Kurimwe meaba mufite ibyobibazo byumuvuduko cg hari abomeabamuzi babifite ushoborakwabdikira muganga cg ukamuhamagara Kuri 0787289124 murakoze.

Pandasi Emmanuel yanditse ku itariki ya: 1-02-2024  →  Musubize

Kurimwe meaba mufite ibyobibazo byumuvuduko cg hari abomeabamuzi babifite ushoborakwabdikira muganga cg ukamuhamagara Kuri 0787289124 murakoze.

Pandasi Emmanuel yanditse ku itariki ya: 1-02-2024  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka