Dore uko amanota y’ibizamini bya Leta ateye, ayo uwatsinze atajya munsi

Ikigo gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri mu Rwanda (NESA), kiributsa ko kumenya amanota y’abarangije amashuri abanza, imyuga, icyiciro rusange cy’ayisumbuye ndetse n’umwaka wa gatandatu, kuri ubu nta rujijo rurimo.

Amakuru abagize Inama z’Uburezi mu turere barimo guhererekanya avuga ko umunyeshuri wa mbere urangije umwaka wa Gatandatu w’Amashuri abanza azagira amanota 30, uwa nyuma akagira 0/30.

Uwatsinze wemererwa gukomereza mu mashuri yisumbuye akaba ari uwagize byibura amanota 5/30, uwabonye munsi yayo akazagirwa inama yo gusibira kuko azaba yatsinzwe.

Umunyeshuri wa mbere urangije icyiciro rusange cy’ayisumbuye (O’ Level) azaba afite amanota 54, uwa nyuma afite 0/54, ariko uzemererwa gukomeza mu cyiciro cya kabiri cy’ayisumbuye (A Level) akaba ari ufite nibura amanota 9/54.

Umunyeshuri wa mbere mu barangije amashuri yisumbuye (A level) azaba afite amanota 60, ibyo yaba yiga byose (General Education, Professional Education cyangwa TVET), byose byashyizwe ku rwego rungana.

Uzaba ashobora guhabwa impamyabumenyi (Certificate) ni ufite nibura amanota 9/60. Ababonye munsi yayo bose bazaba batsinzwe, bakazagirwa inama yo gusibira.

Umuyobozi ushinzwe Ibizamini muri NESA, Camille Kanamugire, yemeza iby’aya manota agira ati "Nta kibazo kirimo ayo makuru ni yo, ndumva ari ayo umuntu yatanze mu Nama y’Uburezi."

Ibi NESA ibitangaza mu gihe kuri uyu wa Kabiri tariki 27 Nzeri 2022, hatangazwa amanota y’abanyeshuri barangije amashuri abanza mu mwaka w’Amashuri wa 2021/2022.

Ibitekerezo   ( 79 )

Kureba amnota

Mukunzungize rosine yanditse ku itariki ya: 27-09-2022  →  Musubize

amanota barayareba banyuze he

f yanditse ku itariki ya: 27-09-2022  →  Musubize

Amanota bayareberahehe

Munyana Lydia yanditse ku itariki ya: 27-09-2022  →  Musubize

23020pRo532022

Habineza Jean poul yanditse ku itariki ya: 28-09-2022  →  Musubize

Twabuze amanota

Twamabinanaj yanditse ku itariki ya: 28-09-2022  →  Musubize

Amanota yumunyeshuri pr6 rubona izina :ishimwe delline 26 0116 pr 054 2022

Ishimwe derine yanditse ku itariki ya: 28-09-2022  →  Musubize

Nukureba amanota

Uwimana yanditse ku itariki ya: 27-09-2022  →  Musubize

Igitekerezo pfite nuko mwatwereka amanota dufite

Kayitesi ruth yanditse ku itariki ya: 27-09-2022  →  Musubize

Aya ttc azasohoka ryari

ELIAS yanditse ku itariki ya: 27-09-2022  →  Musubize

Kureba amanota yibizamini byareta byamashuri abanza

Igiraneza reobebeto yanditse ku itariki ya: 27-09-2022  →  Musubize

Kureba amanota yibizamini byareta byamashuri abanza

Igiraneza reobebeto yanditse ku itariki ya: 27-09-2022  →  Musubize

Kureba amanota yibizamini byareta byamashuri abanza

Igiraneza reobebeto yanditse ku itariki ya: 27-09-2022  →  Musubize

mutwereke amanota yibizamini bya leta

kubwayo eric yanditse ku itariki ya: 28-09-2022  →  Musubize

Amanita yumunyeshure naho aziga

Niyogisubizo erisa yanditse ku itariki ya: 27-09-2022  →  Musubize

Caka kureba amanota

Munyana Lydia yanditse ku itariki ya: 27-09-2022  →  Musubize

Kundebera amanota

Elias yanditse ku itariki ya: 28-09-2022  →  Musubize

Ngewe nshaka kureba amanota

Byiringiro Christophe yanditse ku itariki ya: 27-09-2022  →  Musubize

Muduhe amanota y’uwitwa uwimpuhwe placidia

Iyamuremye jean pierre yanditse ku itariki ya: 28-09-2022  →  Musubize

nibyokoko nesa ibayakoze ibishobokabyose ngohatangwe uburezibufite ireme

Tuyizere Gad yanditse ku itariki ya: 27-09-2022  →  Musubize

Kureba amanota tu mwaka wa 2022 to kizamani cha leta

Abayisengasynthia yanditse ku itariki ya: 27-09-2022  →  Musubize

Amakuru mutugezaho turayishimira cyane Kandi twishimirako muyaduhera kugihe mukomeze kutubera hose kuko ni iby’agaciro gakomeye,turabakunda cyane hano Muganza , Nyaruguru.

NYIRACUMI Aron yanditse ku itariki ya: 27-09-2022  →  Musubize

NESA Rwose izo Mpinduka Yakoze Ndumva Arisawa Gusa Benshi Biraducanga Tumenyereye Division I,II,III,Na U Mukomeze Kudusobanurira Nyabuneka

Nsabimana Daniel yanditse ku itariki ya: 27-09-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka