Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1297 )

abanyeshuri bazatangira ryari bomumwa wambaye wa primary na Gardiner

uwishema Diogene yanditse ku itariki ya: 23-11-2020

Mwiriwe neza, nabazaga nyuma yuko abacandidate twadepoje ibyangobwa ,nkaba ndikumva ko NGO hagiye gukorwa izindi short lists,ESE nibyo cg nibihuha?saw murakoze

Mukanyandwi Alice yanditse ku itariki ya: 13-11-2020

Kumenya imyanya muburezi

4cs yanditse ku itariki ya: 12-11-2020

Tubashimiye Amakuru mudahwema kutugezaho

Hakizimana jean bosco yanditse ku itariki ya: 11-11-2020

Mwiriwe neza uriya mwarimu waru komo so.p.e.m Albert imana imuhe umugisha kukwitanga yagize kubanyarwanda Bose

Kandi uriya nawe umukama winka zakubishye ninkuba akwiye gusumbushwa kandi yihangane bibaho

Murakoze

William Kamana yanditse ku itariki ya: 28-10-2020

We need to know the news about teachers recruitment.

Habimana jean damascene yanditse ku itariki ya: 26-10-2020

Amafotoajekeje

Habumugishaprotegane yanditse ku itariki ya: 5-10-2020

hano iwacu kirehe umurenge wa mushikiri
twambuwe na karere ka kirehe amafaranga
muri viyupi none ubu dutegereje kujya kurega mubadepite

gongenike yanditse ku itariki ya: 24-09-2020

Twipfuza mudushitseho amakuru ajyanye n’urukundo.MURAKOZE.KUNKUMI N’IMISORE MWIKIGIHE KIRANGIZA ISI.

DavidAliasBenny-parfait Ndayisaba yanditse ku itariki ya: 23-09-2020

Akarere kakayonza umurenge wakabarondo akagari kacyinzovu gukomeza murizarundu turasaba mutuvuganire tumenyeshwe impamvu tudahabwa umuriri wamashanyarazi nyuma yigihe kunin tubeshywa guhabwa umuriro

Alias yanditse ku itariki ya: 12-09-2020

Murigashora ngohaje ibitaro bya barwayi ba covide19 mutubwire

Alias yanditse ku itariki ya: 1-09-2020

Mwiriwe,mutubarize ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali,Akarere ka Kicukiro by’umwihariko igihe umuhanda uhuza Rwamagana (Inyakaliro) na Kicukiro (Imasaka)uzakorerwa.

Abaturajye dutuye Igishore Nyakaliro nitwe dukunze kwitanga amafaranga ngo dusane umuhanda nibura tubine uko tuhanyura ark intege zacu ntizibe nyinshi nkuko bikenewe.

ese uyu muhanda nibura waba uzakorwa ryari??

MUGABO Aime yanditse ku itariki ya: 25-08-2020

Kigali tudeyi

Zirimwabagabo Simeon form rusizi rwanda logo bishop yanditse ku itariki ya: 15-08-2020

Mwaramutse nda shaka kumenya icyaraye cyanzuwe munama yo gufungura ingendo muntara

Zirimwabagabo Simeon form rusizi rwanda logo bishop yanditse ku itariki ya: 15-08-2020

Kuzagya menya amakuru ya turere du tandukanye
Murwanda

Zirimwabagabo Simeon form rusizi rwanda logo bishop yanditse ku itariki ya: 15-08-2020

mutubarize meya wa gisagara aho gahunda yo kubaka umuhanda save-gisagara aho bigeze cg niba ubushobozi ntabwo kuko bimaze igihe kinini cyane murakoze

sinat sigat yanditse ku itariki ya: 13-08-2020

murakoze cyane

morning yanditse ku itariki ya: 5-08-2020

Gushaka akazi

Alias yanditse ku itariki ya: 4-08-2020

Mutubarize Meya wa Rusizi
Impamvu utundi turere badufungurira injyendo Rusizi bigakomeza kuba icyibazo kuko sinako karere
Ko nyine gakora kumi paka kuburyo ariko gahaha indwara nyinshi kdi arahemukira abaturajye bahahiraga hanze ya karere

AYobahorana Joseph yanditse ku itariki ya: 30-07-2020

Mwaramutse?mubyukuri nagahinda ni shavu kuka Rere ka Rusizi kumva katava mukato abaturage bitugiraho ingaruka;Zikomeye cyane none rero reta nikiteho. Byumwihariko gafashwe gufata ingamba zitanga igisubizo kubaturage murakoze.

AYobahorana Joseph yanditse ku itariki ya: 30-07-2020

Mutubarize meya wa kayonza impamvu aba maso bubatse amashuri yo murisite yakageyo rwisirabo na ndago muka wa2015 2017 zirimumurenge wa mwili impamvu batishyurwa

Shyirakera yanditse ku itariki ya: 24-07-2020

Mutubarize uwitwa Claudine Uri Ku acting kumwanya w’ushinzwe abakozi mu karere ka Karongi hamwe na executif w’akarere ukuntu abantu bakoze examen z’akazi murwego rw’ubuzima results zikaba zarasohotse kuwa 06/03/2020 abatsinze bagasabwa gutanga dossiers none bakaba bagejeje iki gihe nta mabaruwa barahabwa ahubwo barangiza bagasohora itangazo mukwezi kwa gatandatu bavuga ngo habaye ikibazo mumashusho .kuki badafata umwanzuro ngo birangire?numero za Claudine ni 0788512257.murakoze

Alias yanditse ku itariki ya: 19-07-2020