Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1296 )

Mwiriwe neza.
Ndi Jackson nkaba ndi Musanze,
Mubuzima busanzwe ndi umushoferi mfite categories "B".
Mfite uburambe muri uwo murimo ariko kubera ikibazo nahuye nacyo cyo kuvunikisha umwana akavunika amagufa yukuguru agacika byatumye ntabona akazi kubwo kumuvuza ariko ubu ariga ni muri urwo rwego habonetse ahakenewe umushoferi mwamfasha rwose.
Murakoze kuntega amatwi 👂

Jackson yanditse ku itariki ya: 13-03-2023

Thanks for your help.

Nsengiyumva Joseph yanditse ku itariki ya: 28-02-2023

Mwiriwe ndi umukinyi wa frime nyarwanda nepline TV nkaba ncaka umutera nkunga

Manishimwe yanditse ku itariki ya: 12-02-2023

Mwiriwe neza ni manishimwe herso nkaba ndi umukinyi wa frime nkabancaka umuterankunga 0789176663

Manishimwe yanditse ku itariki ya: 12-02-2023

Mwiriweneza nukuri mufanshije mukambonerakazi mwabamukoze kuko kubaho gutyandabirambiwe akazikose nagakora agasabimbaraga & nakadasabimbaraga mwabamukoze kuko inzara nidanger 0722149552

Alias yanditse ku itariki ya: 10-02-2023

Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.

Nzayino innocent yanditse ku itariki ya: 9-02-2023

Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.

Nzayino innocent yanditse ku itariki ya: 9-02-2023

Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.

Nzayino innocent yanditse ku itariki ya: 9-02-2023

Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.

Nzayino innocent yanditse ku itariki ya: 9-02-2023

Nibyiza ko kuruyu munsi dusigasira ibyo intwari zacu zagezeho.

Vevogastar yanditse ku itariki ya: 1-02-2023

Ese abikorera nkabacuruzi baratangira imirimo yabo sangahe kuruyumutsi wintwari

Mugire philibert yanditse ku itariki ya: 1-02-2023

Uyumutsi abikorera baratangira imirimo yabo ayahe masaha

Mugire philibert yanditse ku itariki ya: 1-02-2023

Murakoze kumakuru meza mutugezaho.

albert ishimwe yanditse ku itariki ya: 28-01-2023

Ndifuza kuzafatira amahugurwa muri TTC SAVE mu karere ka. HUYE Kandi kuva itangazo ryasohoka narabikoraga bikanga mwamfasha murakoze

ICYIMPAYE Claire yanditse ku itariki ya: 11-01-2023

Mwandangiye akazi kokuri internet

Arcene yanditse ku itariki ya: 3-12-2022

tubakurirana twicecekeye

ntakirutimana yanditse ku itariki ya: 1-12-2022

Gushaka ukonatsindira perime

Dusabimana jean rierre yanditse ku itariki ya: 17-11-2022

nitwa Ukubeleyimfula Emmanuel mfite ikibazo nabuze akazi none inzara igiye kunyica-ndumufundi rk nabuze akazi ndumusore rk rwose byarancanze-umuntu wumva yamfasha ampe akazi cg akandangire-nuwumva yampa ikintungira umubiri nkabona amaramuko yab’akoze-nkodesha inzu mukarere kabugesera umurenge wanyamata akagari ka cyugaro umudugudu wa kingabo rk nayo nabuze ahonkura amafaranga yokuyishyura mbambona amaherezo nyirinzu azanyirukana/rwox ndabinginze mumfashe\mbashimiye uburyo mwakiriye ubusabe bwange uwumva wese yamfasha number igendanwa niyi 0781723395 murakoze.

Ukubeleyimfula Emmanuel yanditse ku itariki ya: 31-10-2022

Nasabye umukobwa,muri 2011.ndakwa,dusezerana mumurenge,no murusengero.tumaranye,imyaka11,tubyaranye abana4,none uwo mugore we nase,bagiye guporotika muri rib,ngo namurongoye imyaka itageze,nkibaza ngo umubyeyi yariye inkwano,umwana adakuze!Ndasaba kurenganurwa murakoze.

Nitwa baziruwiha jean paul yanditse ku itariki ya: 25-10-2022

Ni jmv hano mumurenge wa miyove akagal kamiyove akarere kagicumbi dufite ikibazo cyamazi yabuze.

Jmv yanditse ku itariki ya: 25-10-2022

Ni gilbert ntuye imusebeya akagari rugano dufite ikibazo cyamashanyarazi

Muhayimana gilbert yanditse ku itariki ya: 24-10-2022

dutuye mukarere kakayonaz mumurenge wamwiri mukagari kanyamugari mumudugudu warwazana dufikibazo cyumuriro wamashanyarazi turasaba perezida por kagame koyatugezaho iryoterambere murakoze?

Iyamuremye desire yanditse ku itariki ya: 20-10-2022