Amerika: Umugabo ufite igitsina kinini kurusha abandi kwisi atangiye kubyishimira

Umunyamerika Jonah Falcon w’imyaka 41 wemejwe ko afite igitsina kinini kurusha abandi bagabo, yemeye kuvugana n’itangazamakuru no kuritangariza ko ashimishwa no kuba afite icyo arusha abandi bagabo bo kwisi, nyuma y’aho atari yishimiye kuba ahora asakwa kubibuga by’indege bamukekaho gutwara intwaro mu ipantaro.

Abapimye igitsina cya Falcon bavuga ko igitsina cye gipima santimetero 22,3 iyo ari mu bihe bisanzwe na 33,5 igihe igitsina cye cyafashe umurego.

Aganira na televiziyo imwe yo muri Amerika mu kiganiro cyitwa “The morning”, Falcon yatangaje ko ashimishwa no kubona hari abantu bamugirira amatsiko kandi harimo n’abagore bifuza kuryamana nawe kugira ngo bumve itandukaniro rye n’abandi bagabo, kuko ngo bakeka ko yabaha ibyishimo biruta ibyo bakura ahandi kubera ubudahangarwa bw’igitsina cye.

Uretse abagore bifuza kugirana ubucuti na Falcon, abakina ya mafilimi y’urukozasoni, bakina bakora imibonano mpuzabitsina kumugaragaro, nabo batangiye kumusaba ko yababera umukinnyi kugira ngo abantu bareba amafilimi yabo babe benshi kubera uwo mugabo ariko we ngo akaba atarabasubiza niba azemera cyangwa atazemera.

Ernest Kalinganire

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 69 )

MUHIMPUNDUJANI

MUHIMPUNDUJAN yanditse ku itariki ya: 29-04-2019  →  Musubize

ABANTU BAKWIYE KUMENYA UBWENGE

NSENGIYUMVA EMMY yanditse ku itariki ya: 16-04-2019  →  Musubize

ese uwufite igitsina gikwiye kiba cyopima santimetero zingahe?

elie nimubona yanditse ku itariki ya: 23-05-2017  →  Musubize

none ko afisi igitsina nkico umugore wiw biramworohera?canke biramubabaza.

Nitunga jean claude BURUNDI- MURAMVYA-MBUYE-TEKA yanditse ku itariki ya: 10-04-2017  →  Musubize

erega natwe turazivute nini nuko tutabigaragaza mwimuseka nkange iyange??

jies3 yanditse ku itariki ya: 7-02-2017  →  Musubize

ziragwirada hhhh

Gicaniro Jmv yanditse ku itariki ya: 29-01-2017  →  Musubize

uwomuntu nidange

Gicaniro Jmv yanditse ku itariki ya: 29-01-2017  →  Musubize

Mbes Hari Uwandusha?Baraza Mberekepe Je Ndabarusha Pe Ndetr Nabaganga Bahis Bandangira Igipimo Nzaj Ngezaho Ndko Ndabonana Numugore

Jamal yanditse ku itariki ya: 22-11-2016  →  Musubize

ICO GITSINA KIRARENZE!NONE NTAKUNTU BOKIGABANYA ICYO CYAKWICA PE!

PAJOS yanditse ku itariki ya: 9-08-2016  →  Musubize

Kuba yavuga ko afite igitsina kinini ntawoharir arko rero ko ntafoto mwashizeho nigik cabitwemez neza neza kwarukuri

ildephonse yanditse ku itariki ya: 24-05-2016  →  Musubize

KONTOFOTOYE MWASHYIZEHO NGO TUMUREBE

PITER yanditse ku itariki ya: 8-01-2016  →  Musubize

Ndumva Birenze Tumusengere Tuti bagiwe Nu Mugore Niba Amufite

kaboneza yanditse ku itariki ya: 3-01-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka