Amerika: Umugabo ufite igitsina kinini kurusha abandi kwisi atangiye kubyishimira
Umunyamerika Jonah Falcon w’imyaka 41 wemejwe ko afite igitsina kinini kurusha abandi bagabo, yemeye kuvugana n’itangazamakuru no kuritangariza ko ashimishwa no kuba afite icyo arusha abandi bagabo bo kwisi, nyuma y’aho atari yishimiye kuba ahora asakwa kubibuga by’indege bamukekaho gutwara intwaro mu ipantaro.
Abapimye igitsina cya Falcon bavuga ko igitsina cye gipima santimetero 22,3 iyo ari mu bihe bisanzwe na 33,5 igihe igitsina cye cyafashe umurego.
Aganira na televiziyo imwe yo muri Amerika mu kiganiro cyitwa “The morning”, Falcon yatangaje ko ashimishwa no kubona hari abantu bamugirira amatsiko kandi harimo n’abagore bifuza kuryamana nawe kugira ngo bumve itandukaniro rye n’abandi bagabo, kuko ngo bakeka ko yabaha ibyishimo biruta ibyo bakura ahandi kubera ubudahangarwa bw’igitsina cye.
Uretse abagore bifuza kugirana ubucuti na Falcon, abakina ya mafilimi y’urukozasoni, bakina bakora imibonano mpuzabitsina kumugaragaro, nabo batangiye kumusaba ko yababera umukinnyi kugira ngo abantu bareba amafilimi yabo babe benshi kubera uwo mugabo ariko we ngo akaba atarabasubiza niba azemera cyangwa atazemera.
Ernest Kalinganire
Ibitekerezo ( 69 )
Ohereza igitekerezo
|
MUHIMPUNDUJANI
ABANTU BAKWIYE KUMENYA UBWENGE
ese uwufite igitsina gikwiye kiba cyopima santimetero zingahe?
none ko afisi igitsina nkico umugore wiw biramworohera?canke biramubabaza.
erega natwe turazivute nini nuko tutabigaragaza mwimuseka nkange iyange??
ziragwirada hhhh
uwomuntu nidange
Mbes Hari Uwandusha?Baraza Mberekepe Je Ndabarusha Pe Ndetr Nabaganga Bahis Bandangira Igipimo Nzaj Ngezaho Ndko Ndabonana Numugore
ICO GITSINA KIRARENZE!NONE NTAKUNTU BOKIGABANYA ICYO CYAKWICA PE!
Kuba yavuga ko afite igitsina kinini ntawoharir arko rero ko ntafoto mwashizeho nigik cabitwemez neza neza kwarukuri
KONTOFOTOYE MWASHYIZEHO NGO TUMUREBE
Ndumva Birenze Tumusengere Tuti bagiwe Nu Mugore Niba Amufite