Ikipe y’impunzi z’abarundi ziba mu Rwanda, yandikiye Ferwafa isaba kuba yakwemererwa gukina shampiyona y’icyiciro cya kabiri ndetse n’andi marushanwa
Ikipe ya APR FC yamaze kwemeza ko umukinnyi wayo Bukuru Christophe yafatiwe ibihano n’ikipe kubera ktubahiriza ibyo basabwe n’umutoza mu gihe cya COVID19
Impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare ku isi yamaze gutangaza ko umujyi wa Imola wo mu Butaliyani.
Ikipe y’igihugu mu mukino wa Basketball yamaze gushyiraho Henry Mwinuka nk’umutoza wungirije mu ikipe y’igihugu, asimbura Mwiseneza Maxime wari usanzwe kuri uwo mwanya.
Mu izina ry’abakinnyi ba Rayon Sports, Kapiteni wayo Rugwiro Hervé yandikiye Perezida wa Rayon Sports amugaragariza ibibazo abakinnyi bafite
Rutahizamu Daddy Birori wahoze akinira Amavubi na Mukura VS, yongeye gusubira mu ikipe ya AS Vita Club yo muri Congo
Umunya-Serbia Zlatko Krmpotić watoje APR FC mu mwaka wa 2018/2019 akaza kwirukanwa, yagizwe umutoza mushya w’ikipe ya Yanga yo muri Tanzania.
Umunyarwanda Mugiraneza Jean Baptiste umaze umwaka akinira ikipe ya KMC, yamaze kongera amasezerano y’umwaka umwe akinira iyi kipe.
Umunyarwanda Kevin Monnet-Paquet ukinira ikipe ya Siant Etienne yo mu Bufaransa, aratangaza ko yiteguye gukjinira Amavubi ndetse akazanagira igikorwa akorera mu Rwanda
Komite ya Kiyovu Sports iriho ubu irateganya kuba yafata umwanzuro wo kwegura mbere y’amatora, kubura ibitagenda muri iyi kipe.
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko nta kibazo ifitanye n’ikipe ya Olympic Star baguze umukinnyi Nihoreho Arsene, aho bivugwa ko ifite impungenge kuri Miliyoni 3 Frws Rayon Sports yabasigayemo
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru i Burayi yatangaje ikipe y’abakinnyi 11 bitwaye neza muri champions League 2020/2021, bigajemo aba Paris Saint Germain yatsindiwe ku mukino wa nyuma
Rutahizamu Jacques Tuyisenge wari umaze umwaka umwe akinira ikipe ya Petro Atletico de Luanda yo muri Angola, yamaze gutangaza ko yatandukanye na yo.
Abanyamuryango ba Kiyovu Sports bakoze inama y’inteko rusange yamaze amasaha asaga arindwi, irangira amatora yari yitezwe na benshi atabaye.
Ikipe ya Bayern Munchen yo mu Budage itsinze Paris Saint-Germain igitego 1-0 ku mukino wa Champions League wabereye i Lisbonne muri Portugal.
Ambasade ya Israel mu Rwanda irangajwe imbere na Ambasaderi wayo Ron Adam, yatangiye umushinga w’imikoranire n’Umuryango wa Espérance Kimisagara.
Umunyarwanda Mugisha Moise wabaye uwa kabiri muri Tour du Rwanda 2020, yakoze impanuka ubwo yari gukora imyitozo mu bice by’akarere ka Kamonyi.
Itsinda ry’abantu barenga icumi bari bitabiriye ibirori by’isabukuru y’umukunzi wa Michael Sarpong bakuwe mu kato bari bamazemo iminsi itatu.
Abashinzwe gutegura shampiyona y’u Bwongereza bamaze gushyira hanze ingengabihe ya shampiyona igomba gutangira tariki 12/09/2020.
Ikipe ya Rayon Sports iratangaza ko itazitabira ubutumire yari yagejejweho n’ikipe ya Young Africans ndetse na Simba zo muri Tanzania
Ikipe ya Bayern Munchen itsinze Lyon ibitego 3-0, mu mukino wa kabiri wa ½ wakinwe kuri uyu wa Gatatu, isanga Paris Saint Germain ku mukino wa nyuma
Komite Nyobozi ya Ferwafa yamaze gufata umwanzuro ku mafaranga y’ingoboka aheruka gutangwa na FIFA, yemeza ko buri kipe mu cyiciro cya mbere izahabwa Miliyoni 28 Frws.
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika CAF, yatangaje igihe ibihugu birimo n’u Rwanda bizasubukurira imikino yo gushaka itike ya CAN 2022 izabera muri Cameroun
Nyuma y’iminsi mu igeragezwa I Londres mu ikipe ya Arsenal, George Lewis Maniraguha ufite ubwenegihugu bw’u Rwanda na Norvege yamaze gusinya muri Arsenal amasezerano y’imyaka ibiri n’igice
Mu mukino wa mbere wa ½ cy’irangiza wa Champions League, ikipe ya Paris Saint Germain yatsinze Leipzig bituma igera ku mukino wa nyuma bwa mbere mu mateka yayo.
Umutoza mushya wa Kiyovu Sports Karekezi Olivier, yatangaje ko yagiranye ibiganiro na rutahizamu Michael Sarpong ngo abe yakwerekeza muri Kiyovu Sports
Umunya-Argentine Pablo Morchón w’imyaka 42, yageze I Kigali tariki 14/08/2020 aje kungiriza Mohammed Adil, akaba asimbuye Nabyl Bekraoui uheruka gutandukana n’iyi kipe
Mu mukino ikipe ya Bayern yaraye inyagiyemo FC Barcelona ibitego 8-2, wabaye umukino wanditswemo andi mateka muri Champions League
Umukinnyi Mugiraneza Jean Baptiste uheruka gutangaza ko asezeye umupira w’amaguru, ni umwe mu bakinnyi bari bamaze igihe kinini bakinira ikipe y’igihugu Amavubi
Ikipe ya Gasogi United yatangaje ko yamaze gusinyisha rutahizamu ukomoka I Burundi, uyu KNC akaba yaramuhimbye Intare y’Akanwa Rwabwiga