MENYA UMWANDITSI

  • Rubavu: Batatu bafashwe binjiza mu Rwanda magendu y’imyenda ya caguwa

    Mu gicuku cyo ku wa Gatandatu tariki ya 13 Ugushyingo 2021, mu ma saa cyenda, Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano bafashe, Turikumwenimana Alphonse w’imyaka 32, Habimana w’imyaka 37 na Umugwaneza Pascaline w’imyaka 25 barimo kwinjiza mu Rwanda magendu y’imyenda ya caguwa amabalo 15, (…)



  • Polisi ikomeje guhugura abantu batandukanye ku kwirinda inkongi no kuzirwanya

    Ishami rya Polisi rishinzwe ubutabazi no kurwanya inkongi z’umuriro (FRB), ryahuguye abakozi 60 bo mu kigo cy’Igihugu gishinzwe kwita ku bikomoka ku buhinzi (RICA), bahugurwa ku kurwanya no kwirinda inkongi, igikorwa cyabaye ku wa Gatanu tariki ya 12 Ugushyingo 2021.



  • #COVID19: Abantu babiri bitabye Imana, abanduye bashya ni 43

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 13 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 43, bakaba babonetse mu bipimo 13,577. Abitabye Imana ni abagore babiri, kugeza ubu mu Rwanda abamaze guhitanwa n’icyo cyorezo bose bamwe ni 1,338.



  • #COVID19: Nta muntu witabye Imana, abanduye bashya ni 35

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 12 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 35, bakaba babonetse mu bipimo 10,350. Uwinjiye ibitaro ni umwe na ho abasezerewe ni babiri.



  • Batanu bafashwe bacyekwaho kwiba ibikoresho bitanga amashanyarazi aturuka ku mirasire y’izuba

    Polisi ikorera mu Karere ka Ruhango na Gatsibo yafashe abantu Batanu bacyekwaho kwiba batiri (Batteries) n’imirasire y’izuba (Solar Panels) by’abaturage batishoboye, muri ibyo bikoresho hakaba harimo n’ibyo Polisi irimo guha abaturage batishoboye mu kwezi kwahariwe ibikorwa byayo.



  • #COVID19: Umuntu umwe yitabye Imana, abanduye bashya ni 28

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 11 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 28, bakaba babonetse mu bipimo 6,845. Kugeza ubu abamaze kwitaba Imana bazize icyo cyorezo bose bamwe ni 1,336.



  • Frederik de Klerk yitabye Imana

    Frederik de Klerk wayoboye Afurika y’Epfo yitabye Imana

    Frederik Willem de Klerk, wigeze kuba Perezida wa Afurika y’Epfo ari na we w’umuzungu uheruka kuyobora icyo gihugu, yitabye Imana kuri uyu wa Kane tariki 11 Ugushyingo 2021 ku myaka 85, azize kanseri.



  • Ikoranabuhanga mu mashuri rifasha abana gukora ubushakashatsi

    U Rwanda rukomeje kongera ikoranabuhanga mu myigishirize

    Covid-19 yatumye ibihugu n’u Rwanda rurimo, bihindura uburyo bw’imyigishirize hashyirwa imbere gukoresha ikoranabuhanga mu kwirinda ikwirakwira ry’icyo cyorezo.



  • Ingabo z’u Rwanda nta ruhare zagize mu gitero cyitiriwe M23 muri Congo

    Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF), riravuga ko RDF nta ruhare ifite ndetse nta n’inkunga itera umutwe w’abarwanyi wa M23.



  • #COVID19: Nta muntu witabye Imana, abanduye bashya babonetse ni 31

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 08 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 31, bakaba babonetse mu bipimo 7,615.



  • Nyaruguru: Uwinjizaga mu Rwanda insinga zitemewe yatawe muri yombi

    Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Ugushyingo 2021, abapolisi bo mu ishami rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro bafashe uwitwa Niyomugabo Jean Claude w’imyaka 18, afatanwa ibizingo 58 by’insinga z’amashanyarazi zitwa Senegal zitemewe mu Rwanda, azivanye mu Burundi, akaba yafatiwe mu Karere ka Nyaruguru, Umurenge (…)



  • Umuyobozi mukuru wa Gendarmerie Nationale ya Santrafurika yashimye imikorere y’Ishuri rya Polisi ry’i Gishari

    Ku wa Kane tariki ya 4 Ugushyingo 2021, nibwo Gen Landry Urlich Depot, Umuyobozi mukuru wa Gendarmerie Nationale yo muri Repubulika ya Santrafurika yasuye ishuri rya Polisi riherereye mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Gishari (PTS-Gishari), ashima amahugurwa atangirwa muri iryo shuri ajyanye n’umwuga w’igipolisi.



  • #COVID19: Abanduye bashya ni 55, Akarere ka Ngoma ni ko kagize benshi

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 3 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 38, bakaba babonetse mu bipimo 7,373. Akarere ka Ngoma ni ko kaje imbere n’abanduye benshi kuri uwo munsi, gafite 24 kagakurikirwa na Ngororero gafite icyenda (9).



  • #COVID19: Nta muntu witabye Imana, abanduye bashya ni 38

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 2 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 38, bakaba babonetse mu bipimo 7,871. Nta muntu mushya winjiye ibitaro ndetse nta n’urembye.



  • #COVID19: Umuntu umwe yitabye Imana, abanduye bashya ni 29

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 1 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 29, bakaba babonetse mu bipimo 8,346.



  • Abagenzacyaha barimo guhugurwa ku kurwanya inkongi no kuzikoraho iperereza

    Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe ubutabazi no kurwanya inkongi z’umuriro (FRB), rikomeje ibikorwa byo guhugura abakozi b’Urwego rushinzwe ubugenzacyaha (RIB), ku buryo bwo kwirinda no kurwanya inkongi ndetse n’uko bakora iperereza ahabaye inkongi y’umuriro.



  • Perezida Kagame ari kumwe na Emmanuel Macron w

    #G20: Perezida Kagame yahuye n’abayobozi batandukanye (Amafoto)

    Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ari i Roma mu Butaliyani aho yitabiriye inama ya G20, ihuza abakuru b’ibihugu na za Guverinoma, akaba yaraboneyeho no kugirana ibiganiro n’abayobozi b’ibihugu bitandukanye ndetse n’abandi banyacyubahiro bitabiriye iyo nama.



  • The Ben agiye gusohora ‘album’ izaba irimo abandi bahanzi b’ibyamamare

    Umuhanzi w’Umunyarwanda uzwi cyane mu njyana ya R&B, The Ben, ari mu turimo twa nyuma two gutunganya album ye nshya igiye gusohoka, ikaba irimo abandi bahanzi bakomeye nka Tiwa Savage n’abo muri Sauti Sol, harimo kandi Rema ukomoka muri Uganda, Otile Brown wo muri Kenya na B2C wo muri Uganda.



  • Huye: Batatu bakwirakwizaga amafaranga y’amiganano batawe muri yombi

    Mu bihe bitandukanye Polisi ikorera mu Karere ka Huye yafashe abantu batatu bafite Amafaranga y’u Rwanda agera ku bihumbi 40 y’amiganano, abafashwe ni Ndahayo Maurice w’imyaka 24, yafatanwe amafaranga ibihumbi 30, na ho Kabandana Eric w’imyaka 22 na Rukundo William w’imyaka 20 bafatanywe amafaranga ibihumbi 10 na yo y’amiganano.



  • #COVID19: Nta muntu witabye Imana, abanduye bashya ni 53

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 30 Ukwakira 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 53, bakaba babonetse mu bipimo 19,018. Uwinjiye ibitaro ni umwe, mu gihe abarembye ari babiri.



  • Musanze: Abapolisi 30 bahuguriwe kubungabunga ibidukikije

    Ku wa Gatanu tariki ya 29 Ukwakira2021, mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Muhoza hasojwe amahugurwa y’iminsi ibiri yahabwaga abapolisi b’u Rwanda baturutse muri buri Karere k’u Rwanda, bakaba barimo guhugurwa ku kubungabunga ibidukikije hashingiwe ku mategeko mpuzamahanga abuza ikwirakwiza ry’imyanda n’ibinyabutabire (…)



  • Senateri Evode Uwizeyimana yasezeranye

    Senateri Uwizeyimana Evode yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we, Zena Abayisenga, bakaba biyemeje kubana akaramata.



  • Bamwe mu bakwirakwizaga urumogi batawe muri yombi

    Ku wa Kane tariki ya 28 Ukwakira 2021, Polisi ikorera mu turere twa Kayonza, Bugesera na Nyamagabe yafashe ibiro 20 by’urumogi hanafatwa abantu batatu mu barukwirakwizaga.



  • #COVID19: Umuntu umwe yitabye Imana, abanduye bashya ni 63

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 29 Ukwakira 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 63, bakaba babonetse mu bipimo 12,522. Uwitabye Imana ni umugabo umwe.



  • #COVID19: Abantu 5 bitabye Imana, abanduye bashya ni 51

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 28 Ukwakira 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 51, bakaba babonetse mu bipimo 8,690. Abitabye Imana ni abagore batatu n’abagabo babiri.



  • Musanze: Abacyekwaho kwiba moto bafashwe bagiye kuyikuramo ibyuma

    Ku itariki 26 Ukwakira 2021, Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yafashe abantu batatu bagiye gukura ibyuma muri moto bicyekwa ko bari bayibye, bafatiwe mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Kinigi, Akagari ka Nyabigoma, Umudugudu wa Kabeza.



  • #COVID19: Nta muntu witabye Imana, ababonetse bashya banduye ni 57

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 25 Ukwakira 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 57, bakaba babonetse mu bipimo 10,887. Nta binjiye mu bitaro bashya kuri iyo tariki, abarembye ni batatu.



  • Nyabihu: Umushoferi yafatanywe icyangombwa gihimbano cya ‘Contrôle Technique’

    Mu gitondo cyo ku wa Gatandatu tariki ya 23 Ukwakira 2021, abapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda bafashe Nkurikiyimana Jean Baptiste w’imyaka 56, yafatanywe icyangombwa gihimbano kigaragaza ko imodoka ye yakorewe isuzuma ry’ubuziranenge (Contrôle Technique), yafatiwe mu Karere ka Nyabihu, Umurenge wa Mukamira, yari (…)



  • Amatariki Expo 2021 izaberaho yamenyekanye

    Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda (PSF), rwatangaje ko kuva ku itariki 9 kugera ku ya 30 Ukuboza 2021, ari bwo hazaba imurikagurisha mpuzamahanga, Expo 2021, rikazabera i Gikondo mu Karere ka Kicukiro aho risanzwe ribera.



  • Perezida Kagame asanga nta mutware utagirwa n

    Nta mutware utagirwa n’abo atwara – Perezida Kagame

    Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, asanga nta mutware wabaho ngo yuzuze inshingano ze adafatanyije n’abo atwara.



Izindi nkuru: