• Abana batoranywa mu batarengeje imyaka 16

    Gisagara: Bakomeje gushaka impano mu mukino wa Volleyball

    Mu ntangiriyo za Kanama uyu mwaka, nibwo Akarere ka Gisagara ku bufatanye na Federasiyo y’umukino wa Volleyball mu Rwanda (FRVB), batangije gahunda yo kuzenguruka ako karere kamaze kuba igicumbi cya Volleyball, bashakisha impano z’abana bato bari munsi y’imyaka 16, bafite impano muri uwo gukina umukino, maze bagatoranywa (…)



  • U Rwanda rwasoje ku mwanya wa kane nyuma yo gutsindwa n

    Beach Volleyball: U Rwanda rwegukanye umwanya wa kane mu Bwongereza

    Ikipe y’Igihugu y’umukino wa Volleyball yo ku mucanga yari igizwe na Ntagengwa Olivier na Gatsinzi Venuste yasoje ku mwanya kane nyuma yo gutsindwa n’Abongereza bahataniraga umwanya wa gatatu.



  • Ntagengwa na Gatsinzi bageze muri kimwe cya kabiri, aha bari kumwe n

    Beach Volleyball: Ikipe y’u Rwanda igeze muri ½

    Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’umukino wa Volleyball ikinirwa ku mucanga, igizwe na Ntagengwa Olivier na Gatsinzi Venuste, igeze muri ½ mu mikino ihuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongere (Commonwealth games) ibera mu Bwongereza, nyuma yo gustinda New Zealand amaseti 2-0.



  • Ni umukino wa mbere Ntagengwa na Gatsinzi batakaje

    Beach Volleyball: Australia itsinze u Rwanda iyobora itsinda

    Mu mikino ihuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza (Commonwealth games) ikomeje kubera mu Bwongereza mu Mujyi wa Birmingham, ikipe y’igihugu ya Australian itsinze u Rwanda muri Volleyball ikinirwa ku mucanga, ihita inasoza ari iya mbere u Rwanda ruzamuka ari urwa kabiri.



  • Byari ibyishimo nyuma yo kubona itike ya 1/4

    Beach Volleyball: U Rwanda rwakoze amateka rugera muri ¼

    Ikipe y’u Rwanda y’umukino wa Volleyball yo ku mucanga igizwe na Ntagengwa Olivier na Gatsinzi Venuste, ikoze amateka yo kugera muri 1/4 mu mikino ihuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza (Commonwealth games), irimo kubera mu Bwongereza.



  • Ntagengwa na Gatsinzi babonye intsinzi yabo ya mbere

    Beach Volleyball: Gatsinzi na Ntagengwa batsinze Abanyafurika y’Epfo

    Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ya Beach Volleyball igizwe na Ntagengwa Olivier na Gatsinzi Venuste, imaze gutsinda ikipe y’igihugu ya Afurika y’Epfo amaseti 2 ku busa, mu mikino ihuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza ikomeje kubera Birmingham mu Bwongereza.



  • Aba ni bo bazahagararira u Rwanda i Birmingham

    Beach Volleyball: Ntagengwa na Gatsinzi bazahagararira u Rwanda mu Bwongereza

    Abasore babiri b’u Rwanda, Ntagengwa Olivier na Gatsinzi Venuste, nibo bagize ikipe y’Igihugu y’umukino wa Volleyball ikinirwa ku mucanga, izahagararira u Rwanda mu marushanwa y’abakoresha ururimi rw’Icyongereza (Commonwealth games).



  • Gisagara VC ni yo yegukanye Memorial Rutsindura.

    Bwa mbere Gisagara VC yegukanye Memorial Rutsindura, UVC yongera guhigika ibigugu (Amafoto)

    Ku Cyumweru tariki 19 Kamena 2022, mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Huye mu Iseminari nto yo ku Karubanda (Petit Seminaire Virgo Fidelis), hasojwe irushanwa ryo kwibuka Alphonse Rutsindura wari umwarimu n’umutoza wa Volleyball muri iryo shuri, wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.



  • REG VC yageze ku mukino wa nyuma

    Memorial Rutsindura 2022: REG VC na Gisagara VC zageze ku mukino wa nyuma

    Mu Karere ka Huye guhera ku wa Gatandatu tariki 18 Kamena 2022 habereye irushwana ry’iminsi ibiri ryo kwibuka Alphonse Rutsindura wabaye umwarimu mu ishuri rya Petit Seminaire Virgo Fidelis de Butare. Uyu mwarimu by’umwihariko yari umutoza w’ikipe ya Volleyball y’iki kigo ndetse akanagira n’uruhare mu iterambere ry’uyu (…)



  • Mbaraga Alex, Perezida wungirije w

    Memorial Rutsindura: Amakipe 37 ni yo amaze kwemeza ko azitabira irushanwa

    Guhera kuri uyu wa gatandatu mu Ntara y’Amajyepfo, mu Karere ka Huye mu Iseminari nto ya Karubanda (Petit Seminaire Virgo Fidelis), haratangira irushanwa ngaruka mwaka rya Volleyball ryitiriwe Alphonse Rutsindura “Tournoi Mémorial Alphonse Rutsindura”, wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, rikaba ritegurwa ku bufatanye (…)



  • Umunyarwanda uyobora zone V yambika imidari abahungu bitwaye neza

    Beach Volleyball: Abarundi bihariye ibikombe

    Imikino y’ingimbi n’abangavu bo mu karere ka gatanu (Zone v) yaberaga i Bujumbura mu Burundi yasojwe ku cyumweru tariki 12 Kamena 2022, amakipe y’u Burundi yiharira ibikombe.



  • Ingimbi z

    Beach Volley: U Rwanda ntirwatangiye neza mu mikino y’ingimbi

    Amakipe y’Igihugu y’u Rwanda ntiyatangiye neza imikino y’ingimbi n’abangavu, yatangiye ku wa Gatanu tariki 10 Kamena 2022 i Bujumbura mu Burundi.



  • Ikipe y

    Beach Volley: Amakipe y’Igihugu yerekeje i Bujumbura gushaka itike y’igikombe cy’ingimbi

    Ku wa Kane tariki 9 Kamena 2022, amakipe y’Igihugu y’igimbi mu byiciro byombi yahagurutse ku kibuga cy’indege cya Kigali (Kanombe), yerekeza i Bujumbura mu Burundi, aho agiye kwitabira imikino yo gushaka itike y’igikombe cy’ingimbi cya Beach Volley (Volleyball yo ku mucanga ), giteganyijwe kuba muri Nyakanga.



  • REG VC ni yo yegukanye igikombe cya GMT 2022

    Volleyball: REG na APR W zegukanye irushanwa ryo Kwibuka (Amafoto)

    Amakipe ya Rwanda Enegy Group (REG VC) na APR y’abagore ni zo zegukanye irushanwa ryo kwibuka abakinnyi, abasifuzi, abatoza ndetse n’abayoboye Volleyball bazize Jenoside Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 (GMT).



  • APR WVC ni yo yasoje ku mwanya wa hafi, uwa 5

    Volleyball: RRA na APR ziragera i Kigali kuri uyu wa Gatatu

    Amakipe yari ahagarariye u Rwanda mu mikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo mu bagore, 2022 Women Club Championship, yaberaga muri Tunisia aragaruka mu Rwanda mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 1 Kamena 2022.



  • Santrafurika: Abapolisi b’u Rwanda batwaye igikombe cy’irushanwa rya Volleyball

    Abapolisi b’u Rwanda (RWAFPU-2), bari mu butumwa bwa Loni bwo kugararura amahoro mu gihugu cya Santrafurika (MINUSCA), batwaye igikombe cy’irushanwa rya Volleyball ryateguwe mu rwego rwo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’Umuryango w’abibumye (LONI), wahariwe kubungabunga amahoro ku Isi uba tariki ya 29 Gicurasi buri mwaka.



  • APR WVC ihanganye na National Alcohol yo muri Ethiopia

    Volleyball: APR na RRA zatangiye neza muri Tunisia

    Ikipe ya Volleyball y’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro (RRA VC) n’ikipe y’Ingabo z’u Rwanda, zatangiye neza mu irushanwa rihuza amakipe y’abagore yabaye aya mbere iwayo, ryatangiye ku Cyumweru tariki 22 Gicurasi 2022 muri Tuniziya mu mujyi wa (Kelibia).



  • Ikipe ya RRA ikunze kwitwara neza muri iyi mikino

    Volleyball: Amakipe y’abagore ya APR na RRA yerekeje muri Tunisia

    Mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki 19 Gicurasi 2022, nibwo amakipe y’abagore ya APR WVC na Rwanda Revenue Authority yahagurutse ku kibuga cy’indege mpuzamhanga cya Kigali, yerekeje muri Tunisia mu mikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo, 2022 Women Club Championship.



  • Gisagara Volleybal Club mu byishimo i Kelibia muri Tuniziya

    Volleyball: Gisagara VC ikoze amateka yegukana umwanya wa gatatu muri Afurika

    Ikipe ya Gisagara Volleyball Club yari iherereye mu gihugu cya Tuniziya mu mujyi wa Kelibia mu irushanwa rya Afurika ry’amakipe yabaye aya mbere iwayo (Africa Club Championship) isoje uru rugendo ikoze amateka yari atarakorwa n’indi kipe muri aka karere, yegukana umwanya wa gatatu.



  • Ni ubwa mbere ikipe y

    Gisagara Volleyball Club yakoreye amateka muri Tunisia

    Gisagara VC ihagarariye u Rwanda mu mikino ihuza amakipe yabaye ayambere iwayo, irimo kubera mu gihugu cya Tunisia mu mujyi wa Kélibia (Africa Club Championship 2022), yaraye ikoze amateka igera muri 1/2 cy’iryo rushanwa.



  • Abakinnyi bishyushya mbere y

    Volleyball: Gisagara VC yatangiye neza mu marushanwa nyafurika yitabiriye

    Ikipe ya Gisagara Volleyball irimo kubarizwa mu gihugu cya Tunisia mu mujyi wa Kelibia yatangiye neza itsinda ikipe y’igihangange yo muri Cameroon yitwa Port de Douala aho iyitsinze amaseti 3 kuri 1.



  • Gisagara VC ni yo yatwaye igikombe cya shampiyona

    Gisagara VC yisanze mu itsinda rimwe na Port Douala yo muri Cameroon

    Ikipe ya Gisagara Volleyball Club ihagarariye u Rwanda mu mikino ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo (2022 Africa Club Championship), yisanze mu itsinda rya kane aho irisangiye n’ikipe nka Port Douala yo muri Cameroon ndetse na Equity yo mu gihugu cya Kenya.



  • Gisagara VC niyo ibitse igikombe cya shampiyona

    Gisagara VC mu myiteguro ya nyuma mbere yo kwerekeza muri Tunisia

    Ikipe ya Gisagara Volleyball Club iri mu myiteguro ya nyuma mbere yuko yerekeza i Tunis muri muri Tunisia, mu mikino ihuza amakipe yabaye ayambere iwayo muri shampiyona (Club Championship).



  • Kwizera (hagati) hamwe n

    Ikipe ya REG Volleyball Club yamaze kubona umutoza mukuru

    Nk’uko babitangaje binyuze ku rubuga rwabo rwa twitter, nyuma yo gutandukana n’uwari umutoza wabo mukuru, Mugisha Benon muri Werurwe uyu mwaka, ikipe y’ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu, REG VC, yemeje ko yamaze gusinyisha umutoza mukuru, Kwizera Pierre Marchal.



  • Mukandayisenga ubwo yari mu gikombe cy

    Volleyball: Mukandayisenga Benitha yerekeje muri KCB yo muri Kenya

    Umukinnyi w’Umunyarwandakazi wabigize umwuga muri Volleyball, Mukandayisenga Benitha, arerekeza muri Kenya kuri uyu wa Gatanu, aho agiye mu ikipe ya Kenya Commercial Bank (KCC).



  • Mugisha Benon yamaze gutandukana na REG VC

    REG VC yatandukanye n’uwari umutoza wayo

    Ikipe y’ikigo cy’Igihugu gishinzwe ingufu ikina umukino wa Volleyball (REG VC), yamaze gutandukana bidasubirwaho n’uwari umutoza wayo mukuru, Bavuga Benon, wayigiyemo mu kwezi k’Uwakira 2018.



  • Abakinnyi bari bahagarariye u Rwanda i Accra muri Ghana

    Beach Volleyball: U Rwanda rwasoje ku mwanya wa 4, Gambia na Ghana zibona itike ya Commonwealth Games 2022

    Ikipe y’igihugu ya Gambia mu bagabo na Ghana mu bagore nizo zizahagararira umugabane wa Afurika mu marushanwa ahuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza ‘Commonwealth games’, iteganyijwe kubera mu gihugu cy’u Bwongereza i Birmingham muri nyakanga kugeza muri Kanama uyu mwaka.



  • UVC ihanganye na Gisagara ku mukino wa nyuma

    Gisagara: Akarere ko kwitega mu mikino nyuma yo gutangiza amakipe y’abato muri Volleyball

    Guhera ku wa Gatandatu tariki ya 26 Werurwe 2022, mu Karere ka Gisagara mu Ntara y’Amajyepfo, hari hateraniye imbaga y’aba sportifu baje gutera ingabo mu bitugu no gushyigikira ako karere, mu gikorwa cyo gutangiza ku mugaragaro irerero ry’abana mu mukino wa Volleyball.



  • Akarere ka Gisagara gasanzwe gafite ikipe y

    Gisagara igiye gutangiza amakipe y’abato ya Volleyball

    Nyuma y’uko ikipe ya Gisagara Volleyball Club imaze kuba ubukombe muri Volleyball nyarwanda, Akarere ka Gisagara kagiye kumurika amakipe y’abato y’uyu mukino mu rwego rwo gukomeza guteza imbere umukino wa Volleyball mu Rwanda by’umwihariko impano ziri muri aka Karere ka Gisagara.



  • Abakinnyi, umutoza n

    Ikipe z’igihugu za Beach Volleyball zerekeje i Accra gushaka itike y’imikino ya Commonwealth

    Nyuma y’amazi agera kuri 6 ibikorwa bya volleyball mu Rwanda bisa n’ibihagaze kubera ibihano byari byarafatiwe uyu mukino, kubera gukinisha abakinnyi batujuje ibyangombwa mu mikino mpuzamahanga y’igikombe cya Afurika, iheruka kubera mu Rwanda muri Nzeri umwaka ushize. Nyuma kandi yo gucibwa amande ya miliyoni zisaga 120 (…)



Izindi nkuru: