
McKinstry yamaze guhagarikwa
Nk’uko byari bimaze iminsi bivugwa ko Johnattan Brian McKinstry ashobora guhagarikwa ku mirimo yo gutoza Amavubi, ubu ntibikiri ibihuha yamaze guhagarikwa nk’uko Kigali Today yabitangarijwe na Rurangayire Guy, Umukozi wa Minisiteri ya Siporo n’Umuco (MINISPOC), ushinzwe amakipe y’igihugu.

Taliki 20 Werurwe 2015 ni bwo yerekanwe nk’umutoza
Taliki 20 Werurwe 2015, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ni bwo ryemeje Jonathan McKinstry nk’umutoza mukuru w’Amavubi ugomba gusimbura Stephen Constantine wagiye gutoza ikipe y’igihugu y’ubuhinde.
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
WA MU GABO WE URARENGANYE PE.DEGAUL AMEZE NKA YA MBWA YABWIYE SHEBUJA ATWAWE NU RUZI ITI JYENDA ABAGIRA IYO BAJYA BARAJYENDA.MURAKOZE
Nagende Ntaco yatumariye yariye Amafaranga yacu .Ajanenaba Muhaye Akazi OK.
Niyigendere gusa izo million ninyinshi kbs kd 2karushaho gusubirinyuma twanashoye amafranga, angana kuriya?
Baratinze Uwariye yarariye NGO yahebwaga Anaheim?(11000000frs ku kw ezu?)arkose uretseko abanyarwanda ari imfura Kokomo uwayamuhaye akwiye ingando Arizona bakamuha isuka akumva Ubuntu amafranga avuna umusaruro turawubonye abatoranya umutoza Nagano Mishima aho mudusize.bambe NGO ni impuguke. Abahanga data!!!! Cyobikoze Madame julienne ace inkoni abeam pondere knd abo Basra ntibazongere kukubashya
yadusubije inyuna ntiyabuze byose mugihe yaradufite twakuze nkisabune ntacyo yatumariye nagende
Uyu Mwana Ararenganye Byose Ni Degaul!