Rayon Sports na APR FC zigiye gukinira umukino wa mbere kuri Stade Amahoro

Ikipe ya Rayon Sports na APR FC zamaze kwemezwa nk’amakipe ya mbere agiye gukina umukino wa mbere muri Stade Amahoro kuva yavugururwa

Ni umukino ugomba kuba kuri uyu wa Gatandatu tariki 15/06/2024, ukaba umukino wa mbere uzaba ubereye kuri iyi Stade muri gahunda yiswe "Umuhuro mu Mahoro", gusa umukino wo gufungura Stade Amahoro ku mugaragaro uzaba tariki 04/07/2024.

Muri uyu mukino wo kuri uyu wa Gatandatu, kwinjira bizaba ari amafaranga igihumbi (1000 Frws) ahasigaye hose, mu gihe mu myanya y’icyubahiro (VIP) ari 10,000 Frws.

National Football League

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 46 )

Mudusobanurire ahantu tuzagurira ama tichet murakoze?

David devis yanditse ku itariki ya: 12-06-2024  →  Musubize

OK nibyiza cyane

Mudaheranwa Jean de Dieu yanditse ku itariki ya: 11-06-2024  →  Musubize

Ese hateguwe abazadusobanurira kuko dufite amatsiko menshyi

Gahamanyi yanditse ku itariki ya: 10-06-2024  →  Musubize

Mwadufasha kumenya uko amatike azagurwa

ZGIRIMENA EMMANUEL yanditse ku itariki ya: 11-06-2024  →  Musubize

Mwadufasha kumenya uko amatike azagurwa

ZGIRIMENA EMMANUEL yanditse ku itariki ya: 11-06-2024  →  Musubize

Nabuze uko ngura tike

Erias yanditse ku itariki ya: 14-06-2024  →  Musubize

Ama ticket azagurirwahe? Murakoze

Gahamanyi yanditse ku itariki ya: 10-06-2024  →  Musubize

Azagurirwa

Erias yanditse ku itariki ya: 14-06-2024  →  Musubize

Ni gute umuntu yakwishyura amafaranga yo kwinjira cg nihe wakwishyurira

Gwiza Lorenzo yanditse ku itariki ya: 10-06-2024  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka