Rayon Sports na APR FC zigiye gukinira umukino wa mbere kuri Stade Amahoro

Ikipe ya Rayon Sports na APR FC zamaze kwemezwa nk’amakipe ya mbere agiye gukina umukino wa mbere muri Stade Amahoro kuva yavugururwa

Ni umukino ugomba kuba kuri uyu wa Gatandatu tariki 15/06/2024, ukaba umukino wa mbere uzaba ubereye kuri iyi Stade muri gahunda yiswe "Umuhuro mu Mahoro", gusa umukino wo gufungura Stade Amahoro ku mugaragaro uzaba tariki 04/07/2024.

Muri uyu mukino wo kuri uyu wa Gatandatu, kwinjira bizaba ari amafaranga igihumbi (1000 Frws) ahasigaye hose, mu gihe mu myanya y’icyubahiro (VIP) ari 10,000 Frws.

National Football League

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 46 )

Hello? Mutubwire uburyo barikugura ticket Rayon vs Apl

Ndagijimana Mathieu yanditse ku itariki ya: 14-06-2024  →  Musubize

Kuguraticht kobyanze

Nshimiyimana Jacques yanditse ku itariki ya: 14-06-2024  →  Musubize

Kuguraticht kobyanze

Nshimiyimana Jacques yanditse ku itariki ya: 14-06-2024  →  Musubize

Nibyiza ruzaba tuhabaye kumahoro stadium, ariko nimumbwire uburyo naguramo ticket plz mumfashe

Uwagirumukiza yanditse ku itariki ya: 13-06-2024  →  Musubize

Amatike kuyagura nigute munsubize

Manirafasha Fabrice yanditse ku itariki ya: 13-06-2024  →  Musubize

Amatike kuyagura nigute munsubize

Manirafasha Fabrice yanditse ku itariki ya: 13-06-2024  →  Musubize

Amatike kuyagura nigute munsubize

Manirafasha Fabrice yanditse ku itariki ya: 13-06-2024  →  Musubize

Mwambwira uko bari kugura ticket ya online

Emmy yanditse ku itariki ya: 13-06-2024  →  Musubize

Mwambwira uko bari kugura ticket ya online

Emmy yanditse ku itariki ya: 13-06-2024  →  Musubize

Mwambwira uko bari kugura ticket ya online

Emmy yanditse ku itariki ya: 13-06-2024  →  Musubize

Mutubwire aho twgurira amatike

Nzabahimana callixte yanditse ku itariki ya: 13-06-2024  →  Musubize

Amaticket araboneka gute ko twayabuze Kandi mudufashe mubidukorere

Cedrick kwizera yanditse ku itariki ya: 13-06-2024  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka