Rayon Sports na APR FC zigiye gukinira umukino wa mbere kuri Stade Amahoro

Ikipe ya Rayon Sports na APR FC zamaze kwemezwa nk’amakipe ya mbere agiye gukina umukino wa mbere muri Stade Amahoro kuva yavugururwa

Ni umukino ugomba kuba kuri uyu wa Gatandatu tariki 15/06/2024, ukaba umukino wa mbere uzaba ubereye kuri iyi Stade muri gahunda yiswe "Umuhuro mu Mahoro", gusa umukino wo gufungura Stade Amahoro ku mugaragaro uzaba tariki 04/07/2024.

Muri uyu mukino wo kuri uyu wa Gatandatu, kwinjira bizaba ari amafaranga igihumbi (1000 Frws) ahasigaye hose, mu gihe mu myanya y’icyubahiro (VIP) ari 10,000 Frws.

National Football League

Ibitekerezo   ( 46 )

Kureba Umupira

Nsanzamahoro Theophile yanditse ku itariki ya: 13-06-2024  →  Musubize

Kureba Umupira

Nsanzamahoro Theophile yanditse ku itariki ya: 13-06-2024  →  Musubize

Kureba Umupira

Nsanzamahoro Theophile yanditse ku itariki ya: 13-06-2024  →  Musubize

Noex amatike turayagurirahe ko mbona Aho twari dusanzwe tuyagurira byanze???

Elisee yanditse ku itariki ya: 13-06-2024  →  Musubize

Noex amatike turayagurirahe ko mbona Aho twari dusanzwe tuyagurira byanze???

Elisee yanditse ku itariki ya: 13-06-2024  →  Musubize

mutubwireuko twagura tick murakoze

Mugenzi Isaac yanditse ku itariki ya: 12-06-2024  →  Musubize

Ese mwatubwira ukunu twabona ama tickets

Gasigwa jean de dieu yanditse ku itariki ya: 12-06-2024  →  Musubize

Ese mwatubwira ukunu twabona ama tickets

Gasigwa jean de dieu yanditse ku itariki ya: 12-06-2024  →  Musubize

muduhe uburyo bwo kwishyura

Jovin yanditse ku itariki ya: 12-06-2024  →  Musubize

Aho tugurira ticket

Niyogisubizo Samuel yanditse ku itariki ya: 12-06-2024  →  Musubize

Mwadufasha kumenya uburyo twaguramo amatike kuri code cyangwa internet mbere zuko umikino utangura murakoze mwampa igisubizo kuri 0788364623.

Amizero Rwema yanditse ku itariki ya: 12-06-2024  →  Musubize

Kugura itike ko byanze x umuntu arabigenza gutex?

Twahirwa yanditse ku itariki ya: 12-06-2024  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka