Mukura Victory Sports yageze muri Sudani aho igiye gukina na El Hilal Obeid mu mukino ubanza wa 1/16 muri CAF Confederation Cup, utegerejwe kuri uyu wa Gatandatu saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba kuri Stade Shikan Castle.
Umunyezamu w’ikipe ya Rayon Sports Bashunga Abouba yaraye atewe n’abantu ataramenya bangiza ibirahure by’inzu ye.
Ikipe ya APR FC itsinze Rayon Sports mu mukino wa Shampiona wabereye kuri Stade Amahoro.
Rutahizamu w’umunya-Brazil Jonathan Rafael da Silva yamaze guhabwa uburenganzira na FERWAFA bwo gutangira gukinira Rayon Sports
Amarushanwa ya Cycling Cup y’uyu mwaka arasozwa kuri iki Cyumweru, hakinwa irushanwa rya nyuma rizatangirira rinasorezwe kuri Stade Amahoro rinyuze i Nyamata.
Mukura Victory Sports itsindiye Espoir FC 3-1 kuri Stade Huye mu mukino wahagaritswe iminota 47 kubera imvura nyinshi.
Nyuma yo gutsindwa na Kiyovu 1-0, umutoza Bekeni wa Gicumbi yatangaje ko gutsindwa abirambiwe ko uwamufasha yamwirukana akaruhuka
Rutahizamu w’umunya-Brazil Rayon Sports iheruka kugura, yamaze kwemererwa gukina mu Rwanda
Umukino uzahuza Mukura VS na El Hilal El Obeid muri CAF Confederation Cup, uzasiifurwa n’abasifuzi bo muri Eswatini harimo uwanasifuriye APR FC na Club Africain
Ikipe ya Mukura VS irafata rutemikirere kuri uyu wa Kane yerekeza muri Sudani mu mukino wa CAF Confederation Cup
Umukino wa shampiyona uzahuza abakeba APR na Rayons Sports wari utaganyijwe kubera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo wimuriwe kuri Stade Amahoro, kuri uyu wa Gatatu saa Kumi n’ebyiri z’umugoroba.
Muhire Kevin wari umaze iminsi ari mu igeragezwa mu ikipe ya Misr Lel Makasa, ashobora gukina umukino wo ku wa Gatatu
Rayon Sports itsinze AS Kigali igitego 1-0, mu mukino w’umunsi wa karindwi wa Shampiona wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Hari igihe byagorana kumva ko hari isano hagati y’itorero ribwiriza ijambo ry’Imana n’umupira w’amaguru, gusa muri iyi minsi itorero rya ADEPR ryihatiye gutsura umubano n’umukino ukunzwe n’abarenga Miliyari enye z’abatuye umubumbe.
Umukino w’umunsi wa karindwi wa Shampiona wagombaga guhuza Sunrise na APR Fc kuri uyu wa Gatandatu wamaze gusubikwa
Ikipe ya Mukura ibonye itike ya 1/16 cya CAF Confederation Cup, nyuma yo gutsinda Free State Stars igitego 1-0
APR FC itsinzwe na Club Africain yo muri Tunisia 3-1 mu mukino ubanza w’amajonjora ya Champions League ihita isezererwa muri aya marushanwa.
Hakizimana Theogene wahoze asabiriza mu mujyi wa Gisenyi (ubu wabaye Rubavu) kubera ubumuga bw’amaguru, ubu niwe userukira igihugu mu mahanga kubera umukino wo guterura ibiremereye.
Kuri Stade Umuganda i Rubavu, ikipe ya Cleveland Ambassadors yatsinze Amavubi y’abagore igitego 1-0
Luka Modric ukinirira Real Madrid, atwaye iki gikombe akuraho agahigo ka Christiano Ronaldo na Lionel Messi bakomeje kukiharira bagisimburanwaho kuva mu 2008.
Rutahizamu wa Rayon Sports Bimenyimana Bonfils Caleb yahagaritswe imikino ine nyuma yo gukubita umufana wa Sunrise
Tariki ya mbere Werurwa 2015, nibwo ikipe ya KBC (Kigali Basketball Club) yakoraga impanuka, ubwo yari igeze mu karere ka Kamonyi yerekeza mu majyepfo, gukina umunsi wa 8 wa shampiyona, ihitana umwe abandi bagakomereka.
Mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa Shampiona, Rayon Sports itsinzwe na Kiyovu ibitego 2-1, umukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Gasore Hategeka ukinira Nyabihu Cycling Cup atwaye isiganwa ’Race for Culture’ ryatangiriye i Nyanza risorezwa i Rwamagana rinyuze mu mujyi wa Kigali.
Jonathan Rafaël da Silva wari utegerejwe na Rayon Sports amaze kugera i Kigali aho aje gukinira Rayon Sports
Ikipe ya APR FC irerekeza muri Tunisia aho igomba gukina umukino wo kwishyura na Club Africain yo muri Tunisia, aho ihagurukanye abakinnyi 18 bazifashishwa mu mukino uzaba ku wa kabiri tariki 04/12/2018
Kuri uyu wa Gatanu ni bwo shampiyona ya Baskteball yatangiye hakinwa imikino ibiri aho kuri Stade Amahoro Patriots yanyagiye IPRC-Kigali naho Espoir itsinda UGB 93-60.
Kakule Mugheni Fabrice uheruka kugurwa na Rayon Sports, yamaze guhabwa ibyangombwa bimwemerera gukinira Rayon Sports
Abatoza, abakinnyi n’abafana ba Kiyovu Sports bihaye intego yo kwihimura kuri Rayon Sports imaze imyaka myinshi ibatsinda
Ikipe y’amagare Benediction Club y’i Rubavu yamaze kwemerwa n’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI) nk’ikipe iri mu cyiciro cya cya gatatu kizwi nka Continental.