Ikipe ya Rayon Sports isoje umwaka iha abakunzi bayo ubunani, nyuma yo gutsinda Amagaju ibitego 2-0 kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Umutoza Jimmy Mulisa yanenze imyitwarire y’abakinnyi be hanze y’ikibuga, nyuma yo kunganya na Gicumbi 0-0 kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Ikipe ya Mukura itomboye ikipe ya Al Hilal yo muri Sudani mu guhatanira itike yo kwerekeza mu matsinda
2018 irangiye bamwe bamwenyura, abandi umwaka ntiwabagendekeye neza, Rayon Sports, Mukura byarakunze, APR Fc n’Amavubi ntibyakunda
Mama Hussein bakunze kwita Mama Jihad, umubyeyi ufana ikipe ya Rayon Sports, ahamya ko nta kintu kimushimisha nko kubona ikipe ye yatsinze ku buryo iyo yatsinzwe atarya.
Umutoza Robertinho amaze kongera amsezerano yo gutoza ikipe ya Rayon Sports mu gihe mu gihe cy’umwaka
Akarere ka Rulindo gafatanyije n’uruganda ruzwi nka Nyirangarama batangiye gahunda yo gukoresha amarushanwa y’isiganwa ry’amamodoka
Areruya Joseph uherutse kwegukana irushanwa rya La Tropicale Amissa Bongo ribera muri Gabon, ni umwe mu bakinnyi batandatu bagize ikipe y’u Rwanda izahatana muri iri rushanwa rizaba guhera tariki ya 21-27 Gashyantare 2019.
Ikipe ya Mukura ikoze amateka yo kugera mu kiciro kibanziriza amatsinda ya CAF confederation cup, isezereye ikipe yo muri Soudani kuri penaliti 5 kuri 4.
Ku nshuro ya kane muri shampiyona Rayon yongeye gutsindwa, aho itsinzwe na Police igitego 1-0
Umunyarwanda Areruya Joseph amaze gutorwa nk’umukinnyi w’umwaka muri Afurika mu mukino w’amagare, aho ahigitse abandi bose bari bahanganye
Ikipe y’amaguru y’abafite ubumuga mu karere ka Rubavu baranenga akarere kubatererana mu mikino yabagenewe bakavamo badakinnye.
Ikipe ya APR FC idakunze kugorwa na Kiyovu, iyitsinze igitego 1-0 mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Musabyimana Agnès umubyeyi w’imyaka 29, nyuma y’inzira ndende yanyuzemo yitoza gusiganwa ku maguru, inzozi ze zibaye impamo aho amaze gutsindira itiye yo guhagararira u Rwanda mu marushanwa y’isi azabera muri Denmark muri Werurwe 2019.
Ikipe ya AS Kigali inyagiye Gicumbi ibitego 6-0, mu mukino w’umunsi wa 10 wa Shampiona wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Minisitiri wa Siporo n’Umuco Madamu Nyirasafari Esperance, aratangaza ko ibibuga byasenywe inyuma ya Stade Amahoro, hatangiye gahunda yo gushaka aho byimurirwa
Uruganda rwenga rwa Skol mu Rwanda, rwaraye rumuritse ku mugararagaro inzoga nsya ya Skol Select, inzoga izajya inamamazwa n’ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza.
Uruganda rwa Skol rwo mu Rwanda rwabaye umufatanyabikorwa w’ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza, ikipe ya Rayon Sports rusanzwe rutera inkunga ihita ibyungukiramo.
Shampiyona ya basketball irakomeza kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Ukuboza 2018, hakinwa umwe mu mikino yitezwe muri shampiyona uzahuza REG BBC na Patriots kuri Petit Stade Amahoro.
Nyuma y’imyaka ikipe ya Gicumbi Handball Club itagaragara muri Shampiona ya Handball, yamaze kongera gutangiza iyi kipe yabo
Tébily Didier Yves Drogba, ni umwe mu bakinnyi beza babayeho b’Abanyafurika batazibagirana mu mateka y’umupira w’amaguru.
K’urubuga rwa twitter rwa Manchester United, hamaze kujyaho ubutumwa buvuga ko iyi kipe yatandukanye na Jose Mourinho wari umutoza wayo kuva ku myaka irenga 2 ishize.
Mu irushanwa ryahuzaga amarerero y’abana mu mupira w’amaguru mu batarengeje imyaka 15 na 17, ryarangiye Kiyovu yegukanye kimwe mu bikombe byakinirwaga
Ihuriro ry’abafana ba Mukura Victory Sports rigizwe n’abafana biganjemo urubyiruko rizwi nka Generation M.V.S (Gen M.V.S) bakiranye ubwuzu bwinshi Mukura ubwo yageraga ku kibuga cy’indege I Kanombe ikubutse muri Soudani.
Ku kibuga cy’isoko ry’i Nyamata, Bugesera yihagazeho inganya na APR FC igitego 1-1, mu mukino w’umunsi wa cyenda wa Shampiona.
Mukura Victory Sports yegukanye igikombe cy’Amahoro mu Rwanda mu mwaka w’imikino ushize yanganyirije ubusa ku busa muri Soudani n’Ikipe ya Al Hilal Al Ubayyid muri CAF Confederation Cup.
Gasore Hategeka ukinira ikipe Nyabihu Cycling Club yegukanye amarushanwa ya Rwanda Cycling Cup y’uyu mwaka nyuma y’isiganwa rya nyuma muri aya marushanwa ryakinwe kuri uyu wa gatandatu rikegukanwa na Mugisha Samuel.
Ikipe ya Rayon Sports itsinze As Muhanga igitego 1-0, mu mukino w’umunsi wa cyenda wa shampiona wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Ikipe ya Gicumbi yabonye amanota atatu ya mbere, nyuma yo gusezererwa k’umutoza Bekeni wari wabyisabiye
Nyuma y’amezi abiri y’ubufatanye hagati ya Sosiyete y’ubwishingizi ya Radiant ndetse na Rayon Sports, umusaruro wa mbere washyikirijwe Rayon Sports